Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nyabugogo: Abaturage 12 Bakoze Impanuka Ubwo Basuhuzaga Perezida Kagame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Nyabugogo: Abaturage 12 Bakoze Impanuka Ubwo Basuhuzaga Perezida Kagame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 May 2023 7:23 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu taliki 12, Gicurasi, 2023 muri imwe mu nzu ndende ziri Nyabugogo abantu 12 bahanutse ubwo basuhuza Perezida Kagame wari uhaciye ngo abasuhuze.

Itangazo ryasohowe n’Ibiro by’Umujyi wa Kigali rivugwa ko muri abo bantu 12 harimo abagore bane(4) n’abagabo umunani(8).

Ikindi ni uko babiri muri abo bantu barembye cyane, bakaba bari mu Bitaro bya Kaminuza bya Kigali, CHUK, aho bari kwitabwaho n’abaganga.

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali buvuga ko buri bukomeze gukurikiranira hafi iby’iki kibazo.

Itangazo ry’Umujyi wa Kigali ryihanganisha abakoze iyi mpanuka n’abo mu miryango yabo.

Perezida Kagame yaciye Nyabugogo gusuhuza abaturage ubwo yari avuye mu Karere ka Rubavu gufata mu mugongo no gukomeza abashegeshwe n’ibiza biherutse kwibasira Intara eshatu z’u Rwanda ariko cyane cyane iy’Iburengerazuba.

Avuye i Rubavu yahagaze gato i Musanze asuhuza abaturage ageze na Nyabugogo biba uko.

Following his visit to Rubavu, President Kagame stops to greet citizens in Musanze and in Nyabugogo. pic.twitter.com/IsJQ4jvhov

— Presidency | Rwanda (@UrugwiroVillage) May 12, 2023

TAGGED:AbaturagefeaturedKagameKigaliMusanzeNyabugogoRubavu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Kagame Yabwiye Abashegeshwe N’Ibiza Ko Leta Izabashumbusha
Next Article Afurika Y’Epfo Irashaka Kumvana Imitsi N’Amerika
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

BK Ikora Ite Ngo Yunguke?

DRC: Abantu 16 Bashimuswe Na CODECO

Kwihaza Mu Biribwa Muri Afurika Biracyari Kure

Abavandimwe Alicia Na Germaine Bakoze Indirimbo Bizeyeho Byinshi

Kubaka Urugomero Rwa Nyabarongo Bizatuma Havuka Ikiyaga Kizakora Ku Turere 8

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwandair Yaguze Izindi Ndege Ngari 

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Rwamagana:Uwahoze Ari Umunyamakuru Wa Radio Agiye Kwishingira Iye

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Nyagatare: Batashye Isoko Risakaye Bari Barifuje Igihe Kirekire

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Drones Zigiye Gukoreshwa Mu Kurwanya Imibu Yo Mu Bugesera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Kigali: Abagore Baravugwa Kenshi Mu Biyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

UNHCR Yaganirije AFC/M23 Ku Kibazo Cy’Impunzi Ziri Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?