Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nyamagabe: Umukecuru Yikiriye Iwe Perezida Kagame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Nyamagabe: Umukecuru Yikiriye Iwe Perezida Kagame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 August 2022 12:28 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Murenge wa Gasaka hari umukecuru uvugwaho kugira imyaka 110 y’amavuko witwa Rachel Nyiramandwa yakiriye iwe Perezida Kagame. Kagame yamusuye mu ruzinduko afite muri kariya Karere.

Yabikoze mbere gato y’uko ajya kwakirwa n’abaturage bazindutse mu gitondo cya kare ngo bamwakirire kuri Stade ya Nyagisenyi.

Nyiramandwa Rachel w'Imyaka 110 yahaye ikaze Perezida Kagame mu rugo rwe ruri mu karere ka @Nyamagabe mu Majyepfo y'u Rwanda. Umukuru w'Igihugu ari mu ruzindiko rw'iminsi ine rwo #KwegeraAbaturage mu Ntara y'Amajyepfo n'iy'Uburengerazuba. #Rwanda #RwOT #CitizenOutreach pic.twitter.com/L2MMDGuFXI

— Flash Radio & TV (@flashfmrw) August 26, 2022

Amafoto yasohowe mu mbuga nkoranyambaga arerekana uriya mubyeyi yambaye imyenda yera yicaye mu ruganiriro bigaragara ko yiteguye umushyitsi w’Imena.

Bivugwa ko uyu mukecuru yigeze guhura na Perezida Kagame mu mwaka wa 2010.

President #Kagame will shortly visit Rachel Nyiramandwa, a 110-year-old resident of @Nyamagabe, who he first met in 2010.

The visit is part of the Head of State's engagements on his four-day #CitizenOutreach tour in Southern and Western provinces. pic.twitter.com/i6zDyfq38B

— The New Times (Rwanda) (@NewTimesRwanda) August 26, 2022

Mbere y’uko Perezida Kagame asura abaturage b’i Nyamasheke yabanje kuganira n’abavuga rikijyana bo muri Huye aho yageze avuye mu Karere ka Ruhango aho yaganiriye n’abaturage baho bakamugezaho ibibazo byabo, abandi bakamubwira ibyo bishimira bagezeho kugeza ubu.

Perezida Kagame yabwiye abo mu Ruhango ko hari umwenda abafitiye ariko bidatinze nawo azawushyura ariko abasaba kuzamufasha kugira ngo wushyurwe vuba kandi nabo babigizemo uruhare.

Today in Nyamagabe District, President Kagame visited the home of 110-year-old Rachel Nyiramandwa, a beneficiary of socio-economic initiatives, including a renovated home and the Girinka programme through which she now has cows that allow her to supply milk to her neighborhood. pic.twitter.com/9BJlJ4rx7b

— Presidency | Rwanda (@UrugwiroVillage) August 26, 2022

Mu bihe bitandukanye kandi, Perezida Kagame yasuye abageze mu zabukuru ndetse bamwe bamusaba ko yabagabira arabikora.

TAGGED:AbaturageKagameNyamagabeUmukecuru
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Icyayi N’Ikawa By’u Rwanda Bikunzwe Mu Mahanga Kurusha Ibyera Henshi Mu Karere
Next Article Rwanda: Uwiyitaga Umunyamakuru Yatawe Muri Yombi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Ebola Yagarutse Muri DRC

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

General Kabandana Yatabarutse

You Might Also Like

IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Abageni Bwari Bucye Basezerana Bakubiswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Rulindo: Yafatanywe Ayo Kwishyura Abacukura Amabuye Mu Buryo Butemewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?