Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nyamasheke: Biraye Mu Nsina Z’Umuturage Barazararika
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Biraye Mu Nsina Z’Umuturage Barazararika

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 August 2024 6:37 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abantu bataramenyekana bo mu Karere ka Nyamasheke biraye mu rutoki rw’umuturage batemamo insina 102, bamena n’ibirahure by’inzu ye.

Bivugwa ko babikoze mu mpera z’Icyumweru gishize ubwo urutoki rwa Jean Pierre Ingabire rwatemwaga, inzu ye iri mu Mudugudu wa Mujabagiro ikamenwa ibirahure.

Iyi nzu yamenwe ibirahure iherereye mu wundi Mudugudu utandukanye n’uwo asanzwe atuyemo.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umusigire w’Umurenge wa Kagano, witwa Bandora Gratien yabwiye Imvaho Nshya ko inzego ziri gushakisha aba baragize uruhare muri urwo rugomo.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ikirego nyiri kwangirizwa yamaze kukigeza kuri RIB iperereza riratangira.

Umwe mu baturanyi ba Ingabire avuga ko hakekwa abarobyi bakoresha imitego ya kaningini mu Kiyaga cya Kivu kuko nyiri urutoki yigeze kubatangaho amakuru iyo mitego bakayamburwa, bamwe muri bo bakajyanwa muri ‘Transit Center’.

Ati: “Bamwe muri bo bamweruriye ko ibyo abakoreye azabyicuza bazamugirira nabi”.

Abaturage basaba ko ubuyobozi gukora ibishoboka byose bakagira icyo bamufasha yaba mu kubona abazitemye ndetse no mu bundi buryo nk’umuturage wahuye n’ikibazo.

TAGGED:AbaturageInsinaNyamashekeRIB
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda: Itegeko Ryemeye Ko Umugore Yatwitira Mugenzi We
Next Article Gasabo: Muri Kigali Economic Zone Haravugwa Inkongi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?