Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nyanza: Umubyeyi Yasanze Umwana We Amanitse Mu Mugozi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Nyanza: Umubyeyi Yasanze Umwana We Amanitse Mu Mugozi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 August 2023 11:17 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umubyeyi wo mu Mudugudu wa Gakenkeri A, mu Kagari ka Nyanza mu Murenge wa Busasamana mu Karere ka Nyanza yakubiswe n’inkuba ubwo yasangaga umwana we amanitse mu mugozi yapfuye!

Hari saa kumi n’ebyiri n’igice z’umugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu.

Yari afite imyaka 12 y’amavuko, yitwa Loïc Kalinda Ntwari

Yigaga mu mashuri abanza, ubu hakaba hibazwa niba yiyahuye cyangwa niba hari abagizi ba nabi bamwishe.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Busasamana witwa Egide Bizimana yabwiye bagenzi bacu ba UMUSEKE ko Nyina wa Loïc ari we wamubonye bwa mbere amanitse mu mugozi.

Ati: “Ubwo Nyina  yaje,  hakatwa umugozi yarimo, ariko kuvuga ko yiyahuye na byo biragoye kuko nta kimenyetso kibigaragaza, nta kintu yaba yuririyeho ngo yimanike nk’intebe, ijerekani n’ibindi byagaragaye aho umurambo wari uri.”

Kugeza ubu iby’urupfu rwe biracyari amayobera ariko iperereza ryatangijwe.

Abaturage baturiye aho byabereye, bavuga ko uriya mwana yabanaga na Nyina gusa kandi ngo bari babanye neza.

Umurambo wajyanywe mu bitaro bya Nyanza ngo usuzumwe mbere yo gushyingurwa.

Loïc Kalinda Ntwari(Ifoto:umuseke.rw)
TAGGED:featuredKwiyahuraNyanzaUmubyeyiUmwana
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ese Umutoza Wa APR FC Ari Muryango Usohoka?
Next Article Karongi: Akarere Ka Mbere Gateje Akaga Kubera Ibiza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Rubavu: Minisitiri W’Intebe Yasuye Inganda Zikora Ku Kiyaga Cya Kivu

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Ebola Yagarutse Muri DRC

Musanze: Polisi Yafunze Ahengerwaga Inzoga Yitwa Karigazoke

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byazamutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImyidagaduroMu Rwanda

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?