Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nyanza: Umwana Yamize Agapfundikizo K’Ikaramu Karamwica
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Nyanza: Umwana Yamize Agapfundikizo K’Ikaramu Karamwica

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 June 2023 9:20 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu murenge wa Mukingo, mu karere ka Nyanza haravugwa inkuru y’umwana w’imyaka icyenda wamize agapfundikizo k’ikaramu yari arimo ahekenya karamwica. Aho kugira ngo kamanukire mu mwanya w’ibiribwa, kayobye gafunga umwanya w’ubuhumekero biviramo umwana urupfu.

Uwo mwana yari mo akinisha ikaramo nyuma aza kumira kariya gapfundikizo bimuviramo urupfu.

yamize akabuno k’ikaramu (agapfundikizo k’inyuma k’ikaramu) ubwo yari mu ishuri arapfa.

Yitwaga Patrick Dushimwe akaba yigaga mu mwaka wa kabiri w’amashuri abanza mu kigo cy’amashuri kiri mu rwunge rw’amashuri rwa Nyarutovu, mu Kagari ka Ngwa, mu Murenge wa Mukingo mu Karere ka Nyanza.

Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Mukingo, Kayigyi Ange yabwiye UMUSEKE dukesha iyi nkuru ko biriya byago byabereye ku ishuri.

Yagize ati: “ …Yari mu ishuri ari kumwe n’abandi bana,  amira akabuno k’ikaramu, karayoba aho kunyura mu nzira y’ibiryo kanyura mu nzira y’umwuka karahafunga ntiyabona uko ahumeka”.

Umuyobozi w’Urwunge rw’amashuri rwa Nyarutovu witwa Louis Kabayiza avuga ko bihutiye kujyana umwana ku Kigo Nderabuzima cya Gatagara biranga yoherezwa ku bitaro bya Nyanza ariko biranga arapfa.

TAGGED:AgapfundikizofeaturedIbitaroIkaramuIkigoMugangaUmwana
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amerika Yohereje Indege Z’Intambara Mu Kirere Cyegereye Uburusiya
Next Article Umukozi Wa Banki Nkuru Y’Uburundi Yafatanywe $20,000 Mu Mufuka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abaturiye Pariki Ya Nyandugu Barasabwa Kutayanduza

Rutsiro: Hubatswe Ibitaro Bizunganira Ibya Murunda

Ubwongereza Buratangaza Ko Bwemeye Palestine Nka Leta Yuzuye 

Volleyball: U Rwanda rwaserewe Muri 1/4 Cy’Igikombe Cy’ Afurika

Gisèle Umuhuza Yasimbuwe Na Canoth Manishimwe Muri MININFRA

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

You Might Also Like

IbyamamareImyidagaduro

Ariel Wayz Na Babo Bajyanywe Mu Kigo Ngororamuco

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Ese Icyemezo Cya Leta Cyahombeje Abacuruzi Bagafunga Cyavugururwa?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

DRC: Urugo Rwa Azarias Ruberwa Rwatewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Abaturage 354,000 Bagiye Guhabwa Amazi Meza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?