Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nyanza: Umwana Yamize Agapfundikizo K’Ikaramu Karamwica
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Nyanza: Umwana Yamize Agapfundikizo K’Ikaramu Karamwica

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 June 2023 9:20 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu murenge wa Mukingo, mu karere ka Nyanza haravugwa inkuru y’umwana w’imyaka icyenda wamize agapfundikizo k’ikaramu yari arimo ahekenya karamwica. Aho kugira ngo kamanukire mu mwanya w’ibiribwa, kayobye gafunga umwanya w’ubuhumekero biviramo umwana urupfu.

Uwo mwana yari mo akinisha ikaramo nyuma aza kumira kariya gapfundikizo bimuviramo urupfu.

yamize akabuno k’ikaramu (agapfundikizo k’inyuma k’ikaramu) ubwo yari mu ishuri arapfa.

Yitwaga Patrick Dushimwe akaba yigaga mu mwaka wa kabiri w’amashuri abanza mu kigo cy’amashuri kiri mu rwunge rw’amashuri rwa Nyarutovu, mu Kagari ka Ngwa, mu Murenge wa Mukingo mu Karere ka Nyanza.

Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Mukingo, Kayigyi Ange yabwiye UMUSEKE dukesha iyi nkuru ko biriya byago byabereye ku ishuri.

Yagize ati: “ …Yari mu ishuri ari kumwe n’abandi bana,  amira akabuno k’ikaramu, karayoba aho kunyura mu nzira y’ibiryo kanyura mu nzira y’umwuka karahafunga ntiyabona uko ahumeka”.

Umuyobozi w’Urwunge rw’amashuri rwa Nyarutovu witwa Louis Kabayiza avuga ko bihutiye kujyana umwana ku Kigo Nderabuzima cya Gatagara biranga yoherezwa ku bitaro bya Nyanza ariko biranga arapfa.

TAGGED:AgapfundikizofeaturedIbitaroIkaramuIkigoMugangaUmwana
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amerika Yohereje Indege Z’Intambara Mu Kirere Cyegereye Uburusiya
Next Article Umukozi Wa Banki Nkuru Y’Uburundi Yafatanywe $20,000 Mu Mufuka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Indonesia, Azerbaijan Na Pakistan Mu Biganiro Na Amerika Byo Kohereza Ingabo Muri Gaza

Abasenateri Babajije Minisante Aho Igeze Ikemura Ubuke Bw’Abaganga

Perezida Wa Misiri Yambitse Umupolisi W’u Rwanda Umudali

Kagame Yihanganishije Abaturage Ba Kenya Kubera Urupfu Rwa Odinga 

Kabila Yashinze Ishyaka

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nzanywe No Guhanga Udushya- Umuyobozi Mushya Wa Airtel Rwanda 

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Abakozi Ba RBC Bafunzwe Bazira Ruswa 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwamagana: Ubuyobozi Bwamurikiwe Igishanga Gitunganyijwe Cya Cyaruhogo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Kenya Yashyizeho Icyunamo Cy’Iminsi Irindwi Bunamira Odinga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Gasabo: Bafatanywe Urumogi Rwuzuye Umufuka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Abanyarwanda Tugomba Kubaho Kuko Ni Impano Y’Imana- Kagame

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?