Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bavuye Mu Bukwe Barashimutwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Bavuye Mu Bukwe Barashimutwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 June 2022 10:45 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu gace kitwa Zamfara muri Nigeria, abantu 29 bari bavuye mu bukwe batashye bahura n’abantu babateze igico barabashimuta.

Nyuma y’Ibyumweru bibiri, nibwo barekuwe abantu batakambye ariko biranga. Kuwa Kane taliki 23, Kamena, 2022 nibwo barekuwe nyuma y’uko hishyuwe  €46.000.

Nigeria ni kimwe mu bihugu by’Afurika bibamo ba rushimusi bakomeye kurusha ibindi.

Akenshi bikorwa n’abagizi ba nabi baba bashaka amafaranga y’incungu ngo abafashwe barekurwe.

Mu mwaka wa 2014 hari abakobwa bigaga ahitwa Chibok bashimuswe n’abarwanyi ba Boko Haram ariko baza kurekurwa nyuma y’igihe kirekire.

Hagati aho abantu b’ingeri zitandukanye ku isi bamaganye ishimutwa ryabo ariko ba rushimusi babanza kwanga kubarekura.

Zamfara ni imwe mu Ntara nyinshi za Nigeria. Iherereye mu Majyaruguru ashyira u Burengerazuba bw’iki gihugu.

Umurwa mukuru w’iyi Ntara ni Gusau. Ituwe cyane n’abo mu bwoko bw’aba Haoussa ndetse n’abitwa Fulani.

Intara ya Zamfara

Ibarura rwo mu mwaka wa 2006 rivuga ko Leta ya Zamfara yari ituwe n’abaturage 9,278,873.

TAGGED:featuredIntaraNigeriaZamfara
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Dufite Ibibazo Byinshi Ariko Hari N’Amahirwe Menshi Yo Kubicyemura- Perezida Kagame
Next Article Abashinwa B’Abahezanguni Barashaka Ko Igihugu Cyabo Kirasa Taïwan
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Ruri Kureshya Abakire Bo Mu Buhinde

MINEDUC Yagiye Gutoza Abanyeshuri Isuku

Irani: Abamaze Kugwa Mu Myigaragambyo Bagera Kuri 500

Muhanga: Bashinja Sosiyete Icukura Amabuye Y’Agaciro Kubambura

Miliyari Frw 1.2 Ziva Mu Gusura Nyungwe Zigiye Gufasha Abandi Bayituriye Kubaho Neza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Menya Imyanzuro Y’Inama Nkuru Ya 17 Ya FPR-Inkotanyi Iheruka

Kigali: Impunzi Zo Muri DRC Zigarambirije Imbere Ya Ambasade Ya Amerika

You Might Also Like

Mu mahanga

Umwami Wa Maroc Yandikiwe Ikiruhuko Kubera Uburwayi 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Ese Robo Zitwara Imodoka Mu Buryo Butekanye Kurusha Abantu?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Nyuma Y’u Rwanda, IShowSpeed Yakomereje Muri Kenya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubumenyi N'Ubuhanga

Menya Impamvu Kugabanya Ibiro Bigora

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?