Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nyarugenge: Imodoka Ya WASAC Yibwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Imodoka Ya WASAC Yibwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 May 2025 11:16 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Imodoka yibwe ni iyo nk'uko twabihamirijwe n'umwe mu bakozi ba WASAC.
SHARE

Imwe mu modoka za WASAC yakoreraga ku ruganda rwa Nzove ruri mu Murenge wa Kanyinya mu Karere ka Nyarugenge yibwe tariki 17, Gicurasi, 2025.

Ku wa Gatandatu mu ijoro ahagana saa sita z’ijoro nibyo iyo modoka ifite ikirango( Plaque) RAE 035W yibiwe kuri imwe muri stations zo muri Aka karere.

Amakuru dukesha abazi iby’iki kibazo avuga ko ukekwaho kwiba iyo modoka ari Nzabonimana Habibu, akaba akomoka muri Gatsibo.

Twamenye kandi ko ari gushakishwa n’inzego z’umutekano.

Intandaro y’ubwo bujura…

Dukurikije amakuru dufite, Nzabanimana yahoze ari umushoferi wa WASAC ariko aza kwirukanwa.

Nyuma yaje kumenya usigaye utwara imodoka nawe yahoze atwara, aza kumucunga ayiparitse ahita ayandurukana, ubu akaba ari gushakishwa.

Nzabonimana Habibu

Taarifa Rwanda iracyagerageza kuvugana n’ubuvugizi bwa Polisi y’u Rwanda haba mu Ntara y’Uburasirazuba no mu Mujyi wa Kigali  ngo bagire icyo babitubwiraho.

Iyi nkuru turacyayikurikirana…

TAGGED:featuredGatsiboimodokaNzovePolisiWASAC
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Hari Kwigwa Uko Ibiganiro Bya EAC Byahuzwa N’Ibya SADC
Next Article Ubutumwa Bwa IBUKA Bwamagana Iyicwa Rya Nyirangirinshuti
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

Sassou Nguesso Ari i Kinshasa Mu Bukwe Bw’Umukobwa Wa Tshisekedi

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Rwanda: Ntibiramenyekana Uko Amakipe Azahura Muri Shampiyona Ya 2025/2026

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUmutekano

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ushaka Kuyobora FERWAFA Afitiye Abasifuzi Gahunda Yo Kubahemba

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Ibibera Muri DRC Bitugiraho Ingaruka Mu Buryo Bwinshi- Amb. Ngoga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?