Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nyarugenge: Imodoka Ya WASAC Yibwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Imodoka Ya WASAC Yibwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 May 2025 11:16 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Imodoka yibwe ni iyo nk'uko twabihamirijwe n'umwe mu bakozi ba WASAC.
SHARE

Imwe mu modoka za WASAC yakoreraga ku ruganda rwa Nzove ruri mu Murenge wa Kanyinya mu Karere ka Nyarugenge yibwe tariki 17, Gicurasi, 2025.

Ku wa Gatandatu mu ijoro ahagana saa sita z’ijoro nibyo iyo modoka ifite ikirango( Plaque) RAE 035W yibiwe kuri imwe muri stations zo muri Aka karere.

Amakuru dukesha abazi iby’iki kibazo avuga ko ukekwaho kwiba iyo modoka ari Nzabonimana Habibu, akaba akomoka muri Gatsibo.

Twamenye kandi ko ari gushakishwa n’inzego z’umutekano.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Intandaro y’ubwo bujura…

Dukurikije amakuru dufite, Nzabanimana yahoze ari umushoferi wa WASAC ariko aza kwirukanwa.

Nyuma yaje kumenya usigaye utwara imodoka nawe yahoze atwara, aza kumucunga ayiparitse ahita ayandurukana, ubu akaba ari gushakishwa.

Nzabonimana Habibu

Taarifa Rwanda iracyagerageza kuvugana n’ubuvugizi bwa Polisi y’u Rwanda haba mu Ntara y’Uburasirazuba no mu Mujyi wa Kigali  ngo bagire icyo babitubwiraho.

Iyi nkuru turacyayikurikirana…

- Advertisement -
TAGGED:featuredGatsiboimodokaNzovePolisiWASAC
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Hari Kwigwa Uko Ibiganiro Bya EAC Byahuzwa N’Ibya SADC
Next Article Ubutumwa Bwa IBUKA Bwamagana Iyicwa Rya Nyirangirinshuti
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Impuguke Ya UN Irasuzuma Uko Ubukene Buhagaze Mu Banyarwanda

Kagame Yavuze Uruhare Afurika Ikwiye Kugira Mu Mutekano Wayo

Uganda: 13 Baguye Mu Mpanuka Bavuye Mu Bukwe

Ubutumwa Bwa IBUKA Bwamagana Iyicwa Rya Nyirangirinshuti

Nyarugenge: Imodoka Ya WASAC Yibwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rutsiro:Indwara Ya Muryamo Iri Mu Ngurube Iraterwa N’Iki?

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Hatangajwe Ifoto Yemewe Ya Papa Lewo XIV

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Hari Kwigwa Uko Ibiganiro Bya EAC Byahuzwa N’Ibya SADC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Joe Biden Arembejwe Na Cancer Ifata Ubugabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Amajyaruguru: Abana 22,000 Bataye Ishuri

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Umukecuru Warokotse Jenoside Yishwe Atemwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?