Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nyirakuru Wa Barack Obama Yapfuye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Nyirakuru Wa Barack Obama Yapfuye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 March 2021 7:06 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umubyeyi Sarah Obama, Nyirakuru wa Bwana Barack Hussein Obama  wigeze kuyobora USA, yapfuye nk’uko bitangazwa n’umukobwa we witwa Marsat Obama. Sarah Onyango Obama yavutse muri 1921.Yakomokaga mu bwoko bw’aba Luo, akaba yari atuye mudugudu wa   Nyang’oma Kogelo mu mujyi wa Kisumu, hafi y’Ikiyaga cya Victoria.

Nta Cyongereza yari azi ahubwo yivugiraga cyane cyane ururimi cy’iki Luo. Ubwo yaganiraga mwuzukuru we Bwana Barack Obama, bamvikanaga binyuze mu musemuzi.

Nawe yari Umusilamukazi ariko yemeraga ko abantu bafite uburenganzira bwo kugira imyemerere itandukanye.

Yari umwe mu bagore bubahwa cyane muri Kenya bidashingiye ku kuba ari Nyirakuru wa Obama ahubwo kubera ko uruhare yagize mu guteza imbere uburezi mu gace yari atuyemo.

The Nation yanditse kuri Twitter ko uriya mubyeyi yari arwariye mu bitaro bya Jaramogi Oginga Odinga Hospital biri Kisumu. Yapfuye yujuje imyaka 100 y’amavuko.

TAGGED:KenyaKisumuObamaSarah
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ikoranabuhanga Mu Itumanaho Muri Afurika Baryitege! U Rwanda Ruririnze
Next Article Ubwato Bwari Bwarafunze Ubunigo Bwa Suez Bwakuwemo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Ruri Kureshya Abakire Bo Mu Buhinde

MINEDUC Yagiye Gutoza Abanyeshuri Isuku

Irani: Abamaze Kugwa Mu Myigaragambyo Bagera Kuri 500

Muhanga: Bashinja Sosiyete Icukura Amabuye Y’Agaciro Kubambura

Miliyari Frw 1.2 Ziva Mu Gusura Nyungwe Zigiye Gufasha Abandi Bayituriye Kubaho Neza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Menya Imyanzuro Y’Inama Nkuru Ya 17 Ya FPR-Inkotanyi Iheruka

Kigali: Impunzi Zo Muri DRC Zigarambirije Imbere Ya Ambasade Ya Amerika

You Might Also Like

Mu mahanga

Umwami Wa Maroc Yandikiwe Ikiruhuko Kubera Uburwayi 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Nyuma Y’u Rwanda, IShowSpeed Yakomereje Muri Kenya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Irani: Imyigaragambyo Ikomeje Kuzengereza Leta

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Hari Umwuka Mubi Hagati Ya DRC Na Zambia

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?