Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nyungwe Ikomeje Kuba Indiri Y’Ibinyabuzima Bishya
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Nyungwe Ikomeje Kuba Indiri Y’Ibinyabuzima Bishya

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 November 2023 8:15 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuhanga mu binyabuzima ukomoka mu Budage witwa J.Maximilian Dehling yavuze ko yavumbuye ubwoko bw’ibikeri buri mu ishyamba rya Nyungwe ryonyine ku Isi.

Amaze imyaka umunani akora ubushakashatsi ku bikeri kandi akenshi aba ari mu Rwanda guhera mu mwaka wa 2010 kugeza mu mwaka wa 2018.

Ikinyamakuru kitwa Diversity kivuga ko uyu muhanga mu mwaka wa 2023 muri Gicurasi, yabonye igikeri gito cyane, bizamura amatsiko ye ngo arebe niba gisanzwe kizwi mu bitabo by’abahanga cyangwa niba hari ibindi bikeri byo muri ubu bwoko.

Dehling yakomeje ubushakashatsi bwe aza kuvumbura ubundi bwoko buto buri mu bwoko bugari bwa kiriya gikeri.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image
Ubu bwoko bw’ibikeri nibwo buherutse kuvumburwa

Ni ubwoko bushya bw’ibikeri bitari bizwi ku isi, abahanga bakaba babyita Arthroleptis Nyungwensis.

Igikeri cyo muri ubwo bwoko  gifite hafi santimetero 1,5 z’uburebure, umubiri muto, amaguru maremare n’uruhu ruriho utudomo.

Amabara yabyo aratandukanye ariko ahanini biba bifite ibara ry’ikijuju ryivanzemo andi n’ibidomo bijya kuba umweru ku mpande naho ku nda yacyo hakabaho umuhondo ujya gusa n’icunga.

J.Maximilian Dehling yavuze ko ibikeri yabibonye mu buhehere bw’amababi y’ibiti yahungukiye hasi mu butumburuke bwa metero ziri hagati ya 1,798 na 2,194.

Yumvise ibyo bikeri byo muri Nyungwe bifite amajwi atatu atandukanye arimo ajya gusa n’ifirimbi ivugira hejuru rikoreshwa mu gihe cyo kwirwanaho cyangwa iryoroheje rikoreshwa mu gihe gihamagara kigenzi cyacyo mu gihe cyo kwimyana.

- Advertisement -

Icyakora nta  gikeri cy’ikigore yabonye mu byo aherutse kuvumbura.

TAGGED:featuredIbikeriNyungweUmushakashatsi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article DRC Yegereje u Rwanda Indege Zikomeye Z’Intambara
Next Article Amajyaruguru: Hadutse Irindi Tsinda Ribangamira Ubumwe Bw’Abanyarwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Dangote Akomeje Kuyobora Abaherwe Ba Afurika

Jeannette Kagame Arahemba Abakobwa Batsinze Neza Ibizamini Bya Leta

Abanyamahanga Biga Muri Harvard Bareze Leta Ya Trump

Uko I&M Bank Rwanda Yungutse Mu Mezi Atatu Ashize

Martin Ngoga Yabaye Ambasaderi W’u Rwanda Muri UN

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nyarugenge: Imodoka Ya WASAC Yibwe

Nyagatare: Haravugwa Kotsa Burushete Z’Imbwa 

Uwahoze Muri RDF Akurikiranyweho Ibyaha Byo Mu Mabuye y’Agaciro

BNR Mu Ngamba Zo Kurushaho Guteza Imbere Ikoranabuhanga Mu Kwishyurana

Cardinal Kambanda Yatunguwe No Kumva Ko Kwa Yezu Nyirimpuhwe Hafunzwe

You Might Also Like

Mu RwandaUbuzima

Abatuye Umujyi Wa Kigali Bari Mu Bibasiwe Na Malaria

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Intambara Y’Amagambo Hagati Ya Israel N’Ubwongereza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Kabila Yambuwe Ubudahangarwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

RIB Yafunze Abanyamahanga Batatu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?