Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Papa Francis Yatangiye Uruzinduko Rw’Amateka Muri Iraq
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Papa Francis Yatangiye Uruzinduko Rw’Amateka Muri Iraq

admin
Last updated: 05 March 2021 2:39 pm
admin
Share
SHARE

Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi Papa Francis yatangiye uruzinduko rw’iminsi ine muri Iraq, ari narwo rwa mbere umuyobozi wa kiliziya ku Isi agiriye muri icyo gihugu cyiganjemo abayoboke b’idini rya Islam.

Nyuma yo kugera muri icyo gihugu, biteganyijwe ko kuri uyu wa Gatanu Papa Francis aganira na Minisitiri w’Intebe Mustafa al-Kadhimi na Perezida Barham Salih.

Azanagirana ibiganiro n’abakirisitu bo muri Iraq.

Mu minsi ishize byari byaketswe ko Papa Francis ashobora gusubika urwo rugendo kubera umutekano muke. Ku wa Gatatu impungenge ziyongereye ubwo imitwe yitwaje intwaro yateraga ibisasu 10 bya rocket ku birindiro by’ingabo za Amerika na Iraq. Gusa Papa Francis yahise atangaza ko urugendo rudasubikwa.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ubwo rwatangiraga, umutwe witwaje intwaro wo ku ruhande rwa Shia uzwi nka “Saraya Awliya al-Dam” wahise utangaza ko uhagaritse imirwano mu gihe cy’urwo ruzinduko, “ku mabwiriza ya Imam al-Sistani no mu izina ry’urugwiro Abarabu basanganywe.”

Papa agomba gusura cathedrale y’i Baghdad, anagirane ikiganiro n’abasenyeri bo muri icyo gihugu.

Azanasura ibice bitandukanye by’icyo gihugu, anagirane ibiganiro n’abakuru b’idini ya Islam barimo Grand Ayatollah Sayyid Ali al-Husayni al-Sistani, wubashywe cyane mu ba Shia.

Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nsabimana ‘Sankara’ Yagereranyije Rusesabagina n’Umunyeshuri Utinya Ikizamini
Next Article Musenyeri Niyomwungere Yahishuye Uko Hanogejwe Umugambi Wo Kugeza Rusesabagina Mu Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?