Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Pariki Y’Ibirunga Mu Hantu Icyenda Usuye Afurika Atagombye Gucaho
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Pariki Y’Ibirunga Mu Hantu Icyenda Usuye Afurika Atagombye Gucaho

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 June 2021 11:05 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Pariki Y’Ibirunga Mu Hantu Icyenda Usuye Afurika Atagombye Kwibagirwa

Urutonde rwasohowe na gafotozi witwa Sara Kingdom rwashyize pariki y’ibirunga ku mwanya wa karindwi mu hantu icyenda umuntu usuye Afurika bwa mbere yagombye gusura.

Pariki y’Ibirunga iri hagati ya Repubulika ya Demukarasi ya Kongo n’igice cya Uganda cyegereye u Rwanda.

Iri mu Rwanda kandi imaze kwemamara kubera umuhati wa Leta y’u Rwanda yo kurinda ingagi kugira ngo ziticwa na ba rushimusi ndetse ibyana byazo bikitwa amazina buri mwaka.

Niho honyine hasigaye ingagi ziba mu ishyamba zikabaho zitekanye.

Kuba zirindwa n’u Rwanda bituma zisurwa na benshi ndetse bakazegera bakazifotorezaho.

Sarah Kingdom yibutsa abateganya kuzasuba pariki y’ibirunga ko baba bagomba kubanza kubisaba hakiri Kare, ubusabe bwabo bugasuzumwa neza.

Yababwiye kandi ko kuzamuka ibirunga ari urugendo rutoroshye, ko bagomba kuzaza bumva bafite ubuzima buzira umuze.

Umunyamerika kazi witwa Dian Fossey yashinze ikigo kitwa Karisoke Research Center aho we n’abandi nkawe biyemeje kwiga imibereho y’ingagi zo mu birunga no kuzimenyekanisha kugira ngo zirindwe ba rushimusi.

Ahantu Sarah Kingdom avuga ni muri Serengeti, Zanzibar ( hombi ni muri Tanzania), Umugezi wa Nili, Okawango Delta(Botswana) n’ahandi.

TAGGED:AfurikafeaturedIngagiPariki
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amayeri Ya Polisi Mu Gufatira Icyarimwe Abagizi Ba Nabi 800
Next Article Gutinda Kugira Igikorwa Kuri HIV Muri Afurika Byari Ikosa – Kagame
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?