Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Pasiteri Wo Muri Nigeria Uzwi Cyane Muri Afurika No Muri Amerika Yapfuye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Amadini N'Iyobokamana

Pasiteri Wo Muri Nigeria Uzwi Cyane Muri Afurika No Muri Amerika Yapfuye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 June 2021 10:49 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Temitope Balogun Joshua wari uzwi ku izina rya T.B Joshua yapfuye. Byatangajwe n’abo mu itorero rye ryitwa The Synagogue, Church of All Nations ryakoreraga i Lagos muri Nigeria.

Yari icyamamare k’uburyo yari afite abantu 3,500,000 bamukurikiranaga kuri Facebook n’abandi 1,000,000 bamukurikiraga kuri YouTube TV yise Emmanuel TV.

Yavutse tariki 12, Kamena, 1962, akaba yaraye yitabye Imana mu ijoro ryacyeye.

Akomoka mu bwoko bw’aba Yoruba muri Nigeria ndetse abakuru bo muri ubwo bwoko bamuhaye umudari w’Umu Yoruba wamenyekanye kandi akagira akamaro kurusha abandi mu myaka icumi yashize.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Yari ari mu Banyafurika 50 bavuga rikijyana nk’uko byatangajwe n’ibinyamakuru The Africa Report na New African Magazine.

Ikinyamakuru Forbes muri 2011 cyanditse ko Temitope Balogun Joshua yari Umunya Nigeria w’Umupasiteri wa gatatu ukize mu gihugu cyose.

Nigeria nicyo gihugu cya mbere muri Afurika gituwe n’abaturage benshi, kuko gituwe n’abaturage barenga miliyoni 200.

Inyigisho ze ariko, hari bamwe zitashimishaga k’uburyo nka Guverinoma ya Cameroon yamushyize ku rutonde rw’abantu batagomba kwinjira ku butaka bwayo.

Yapfuye avuye kwigisha…

- Advertisement -

Amakuru atangazwa n’abo mu idini rye, avuga ko uriya mugabo yapfuye avuye kwigishiriza kuri Televiziyo ye yitwa Emmanuel TV.

Hari bamwe bemeraga ko avura n’indwara

Bivugwa ko yigeze kubwira abayoboke be ko kugira ngo ashinge ririya dini byaturutse ku iyerekwa, ubwo Imana yabimusabaga asinziriye.

Nyuma rero ngo nibwo yashinze iriya dini.

Ni idini rifite ishami muri Ghana honyine n’ubwo rikunzwe henshi muri Afurika no muri Amerika y’Amajyepfo.

Gusa ngo yigeze gushaka kuryimurira muri Israel ariko  abantu barabimubuza, bamusaba kuguma i Lagos muri Nigeria aho ryashingiwe.

TAGGED:AfurikafeaturedIsraelNigeriaPasiteri
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Bamaze Imyaka 4 Bacukura Amabuye Yacu Badasora
Next Article Mushikiwabo Yamaganye Ubwicanyi Buherutse Kubera Muri Burkina Faso
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?