Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Ari Muri Arabie Saoudite Mu Nama Yiga Ejo Hazaza H’Isi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Ari Muri Arabie Saoudite Mu Nama Yiga Ejo Hazaza H’Isi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 October 2023 7:17 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Paul Kagame ari i Riyadh muri Arabie Saoudite mu nama mpuzamahanga igomba kwigira hamwe uko isi y’ejo hazaza izaba imeze n’uko ibihugu bizunganirana muri ibi bibazo.

Ni inama ikomeye kuko iri kurebera hamwe uko ibintu byifashe muri iyi si n’uko ejo izaba imeze kubera ko uko isi imeze muri iki gihe bihindagurika buri gihe kubera intambara n’ibindi biri ku isi.

Ni inama yiswe Future Investment Initiative .

Isi y’ubu irahinduka cyane bitewe ahanini n’intambara za hato na hato, ibyorezo harimo na COVID-19, imihindagurikire n’ikirere  n’ibindi.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

President Kagame has arrived in Riyadh for the 7th edition of the Future Investment Initiative and was received by HRH Prince Mohammed bin Abdulrahman bin Abdulaziz, Deputy Governor of Riyadh Region. #FII7 pic.twitter.com/Gvmsp7PBy1

— Presidency | Rwanda (@UrugwiroVillage) October 24, 2023

Iriya nama izarebera hamwe icyakorwa  ngo amahanga azahangane neza n’ibyo bibazo biri ku isi byatumye benshi ku isi bahora bibaza bati: ‘ Ejo nzamera nte?’

TAGGED:featuredInamaIsiKagame
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kazungu Denis ‘Ashobora’ Kongererwa Indi Minsi 30 Y’Igifungo
Next Article Biruta N’Umuyobozi W’Ubutasi Bw’u Rwanda Basuye Ingabo Zarwo Muri Centrafrique
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaMu Rwanda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?