Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Ari Muri Arabie Saoudite Mu Nama Yiga Ejo Hazaza H’Isi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Ari Muri Arabie Saoudite Mu Nama Yiga Ejo Hazaza H’Isi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 October 2023 7:17 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Paul Kagame ari i Riyadh muri Arabie Saoudite mu nama mpuzamahanga igomba kwigira hamwe uko isi y’ejo hazaza izaba imeze n’uko ibihugu bizunganirana muri ibi bibazo.

Ni inama ikomeye kuko iri kurebera hamwe uko ibintu byifashe muri iyi si n’uko ejo izaba imeze kubera ko uko isi imeze muri iki gihe bihindagurika buri gihe kubera intambara n’ibindi biri ku isi.

Ni inama yiswe Future Investment Initiative .

Isi y’ubu irahinduka cyane bitewe ahanini n’intambara za hato na hato, ibyorezo harimo na COVID-19, imihindagurikire n’ikirere  n’ibindi.

President Kagame has arrived in Riyadh for the 7th edition of the Future Investment Initiative and was received by HRH Prince Mohammed bin Abdulrahman bin Abdulaziz, Deputy Governor of Riyadh Region. #FII7 pic.twitter.com/Gvmsp7PBy1

— Presidency | Rwanda (@UrugwiroVillage) October 24, 2023

Iriya nama izarebera hamwe icyakorwa  ngo amahanga azahangane neza n’ibyo bibazo biri ku isi byatumye benshi ku isi bahora bibaza bati: ‘ Ejo nzamera nte?’

TAGGED:featuredInamaIsiKagame
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kazungu Denis ‘Ashobora’ Kongererwa Indi Minsi 30 Y’Igifungo
Next Article Biruta N’Umuyobozi W’Ubutasi Bw’u Rwanda Basuye Ingabo Zarwo Muri Centrafrique
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?