Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Yahagaritse Dr Nsanzimana Wayoboraga RBC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Politiki

Perezida Kagame Yahagaritse Dr Nsanzimana Wayoboraga RBC

admin
Last updated: 07 December 2021 5:34 pm
admin
Share
SHARE

Perezida Paul Kagame yahagaritse Dr Nsanzimana Sabin wari umaze imyaka isaga ibiri ayobora Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC), kubera ibyo agomba kubazwa akurikiranyweho.

Itangazo ryashyizweho umukono na Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente rivuga ko icyo cyemezo cyashingiwe ku Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda mu ngingo ya 112, iha ububasha Perezida wa Repubulika bwo gushyiraho no kuvanaho abayobozi b’ibigo bya Leta ndetse n’ibishamikiye kuri Leta bifite ubuzima gatozi.

Rikomeza riti “None ku wa 07 Ukuboza 2021, Dr Nsanzimana Sabin yabaye ahagaritswe ku mwanya w’Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu Gishinwe Ubuzima (RBC) kubera ibyo agomba kubazwa akurikiranyweho.”

Ntabwo  rigaragaza neza ibyo Dr Nsanzimana agomba kubazwa.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Yagizwe umuyobozi wa RBC muri Nyakanga 2019 asimbuye Dr Condo Jeanine. Mbere yaho yari umuyobozi muri RBC ukuriye ishami rishinzwe kurwanya Sida.

Afite impamyabumenyi y’ikirenga mu bijyanye n’ibyorezo (Epidemiology) yavanye muri Basel Institute of Clinical Epidemiology and Biostatistics mu Busuwisi.

Yari asanzwe afatanya umurimo we no kwigisha muri University of Global Health Equity (UGHE) no muri Kaminuza y’u Rwanda.

TAGGED:Dr Nsanzimana SabinfeaturedIbyorezoPaul Kagame
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubumwe Bw’Abanyarwanda Si Amayeri Ya Leta Nk’Uko Hari Ababibeshya- Min Dr Bizimana
Next Article Rayon Sports Yahagaritse Umutoza Masudi Djuma
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?