Perezida Paul Kagame yahagaritse Dr Nsanzimana Sabin wari umaze imyaka isaga ibiri ayobora Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC), kubera ibyo agomba kubazwa akurikiranyweho. Itangazo ryashyizweho umukono...
Minisiteri y’Ubuzima yiyemeje kugabanya impfu z’imburagihe zishingiye ku ndwara zitandura nibura kuri 25%, bitarenze umwaka wa 2025. Ni gahunda yitezweho kugabanya imigirire itiza umurindi indwara zidashobora...
Guverinoma y’u Rwanda yakiriye inkingo 108,000 z’urukingo rwa COVID-19 rwo mu bwoko bwa Johnson & Johnson, nk’icyiciro cya mbere cy’inkingo 2,191,000 yaguze binyuze muri gahunda yo...
Icyizere kimaze kuba cyinshi ku banyarwanda bamaze igihe gisaga umwaka n’igice mu bihe by’icyorezo cya COVID-19, kidafite umuti, ahubwo amaso ahanzwe inkingo nazo zitakunze kuboneka uko...
Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yageneye u Rwanda inkingo 488,370 z’icyorezo cya COVID-19 zo mu bwoko bwa Pfizer, zirimo igice cy’inkingo miliyoni 500 icyo...