Perezida Kagame Yahaye Stade ya Nyamirambo Izina Rishya

Ari kumwe na Perezida wa FIFA Gianni Infantino, Perezida Kagame yatashye ku mugaragaro Stade ya Kigali ndetse ahita ayiha izina rishya ari ryo Pélé Kigali Stadium.

Perezida Kagame na Infantino bari bambaye imyenda ya siporo bigaragara ko bari baje mu gikorwa cy’umukino w’umupira w’amaguru.

Nyuma haraba umukino uri buhuze amakipe abiri ahuza abitabiriye Inteko rusange ya FIFA izabera mu Rwanda kuri uyu wa Kane taliki 16, Werurwe, 2023.

Niwo mukino wa mbere uraba uyikiniwe ho bwa mbere kuva yahabwa irindi zina.

- Advertisement -
Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version