Perezida Kagame Yakiriye Intumwa Zo Muri Arabie Saoudite

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere taliki 07, Kanama, 2023 Perezida Paul Kagame yaraye yakiriye intumwa zo mu bwami bwa Arabie Saoudite.

Izo ntumwa zari ziyobowe na Intumwa yihariye akaba n’Umujyanama ibwami witwa Ahmed bin Abdulaziz Kattan.

Yaganiriye nawe uko ibihugu byombi byakorana mu kurushaho kuzamura imikoranire irambye.

U Rwanda ruri mu bihugu bimaze gukataza mu bubanyi n’amahanga.

- Advertisement -

Ruri mu Miryango mpuzamahanga 201 rukagira abaruhagarariye mu bihugu 41,  biruhagarariye mu bihugu 147.

Ku byerekeye Arabie Saoudite, iki gihugu kiri mu bikungahaye cyane kuri petelori kandi kikagira n’umusaruro mbumbe uri hejuru cyane.

Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version