Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Yasabye Abaturage ‘Gukomeza’ Gukorana Na Polisi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Perezida Kagame Yasabye Abaturage ‘Gukomeza’ Gukorana Na Polisi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 February 2023 4:47 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubwo yakiraga indahiro y’abayobozi bakuru muri Polisi y’u Rwanda, Perezida Paul Kagame yavuze ko imikoranire hagati ya Polisi n’abaturage ari ingenzi kugira ngo Polisi igere ku ntego zayo n’abaturage batekane.

Yakoraga indahiro ya IGP Felix Namuhoranye na DIGP Vincent Sano baherutse guhabwa inshingano zo kuyobora Polisi y’u Rwanda.

Mu ijambo rigufi, Kagame yavuze ko n’ubwo Polisi ari yo ishinzwe umutekano w’abaturage ku ikubitiro, ariko itabigeraho ikoze yonyine.

Ubufatanye ngo ni ingenzi kandi ab’ibanze ni abaturage.

Ati: “Birumvikana ko Polisi  ishinzwe umutekano ariko mbere na mbere ifatanya n’abaturage ubwabo nayo ikabafasha mu bibazo bijyana n’umutekano wabo.”

Yavuze ko ubuyobozi bw’u Rwanda buzakomeza guha Polisi yarwo ibyo ikeneye byose ngo ikore akazi kayo, kandi ngo ibyo bintu birimo ibikoresho n’ubumenyi bigezweho.

Perezida Kagame ariko yavuze ko abapolisi nabo bagomba gukora neza ibyo bashinzwe, bitaba ibyo bakabihanirwa.

Ngo nabo bagira uko bakurikoranwa ariko ngo si ngombwa ko bigera aho hose.

Yarangije ijambo rye yifuriza IGP Felix Namuhoranye na DIGP Vincent Sano kuzagira imirimo myiza mu nshingano nshya bahawe.

IGP Felix Namuhoranye arahirira inshingano nshya
CP Vincent Sano nawe yarahiriye kutazahemukira Repubulika y’u Rwanda

Taliki 20, Gashyantare, 2023 nibwo hasohotse itangazo ryo mu Biro bya Minisitiri w’Intebe ryavugaga ko Dan Munyuza wahoze ayobora Polisi y’u Rwanda yasumbuwe kuri uyu mwanya na Felix Namuhoranye wari umwungirije ashinzwe ibikorwa bya Polisi.

TAGGED:AbaturagefeaturedKagameMunyuzaNamuhoranyePolisiSano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ibihugu Bikize Kurusha Ibindi Muri Afurika Birashinjwa Iyezandonke
Next Article Minisitiri W’Umutekano Yashimiye Uwari Umuyobozi Wa Polisi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?