Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Yatangaje Amazina Yise Abuzukuru Be
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Perezida Kagame Yatangaje Amazina Yise Abuzukuru Be

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 March 2024 7:33 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu kiganiro yagiranye n’abitabiriye munsi mpuzamahanga wahariwe umugore, Perezida Kagame yahishuriye abantu amazina yise abuzukuru be babiri. Umukuru yamwise Abe, umuto amwita Agwize.

Kagame avuga ko mbere yo kubita amazina, yabanje kubisaba uburenganzira ababyeyi babo ari abo Ange Kagame na Bertrand Ndengeyingoma.

Avuga ko ajya kwita umwuzukuru wa mbere izina Abe, yabitewe n’uko yashakaga ko azaba uwo ari we, uwo yifuza kuba we.

Izina Abe ngo yarikuye mu nshinga ‘Kuba’.

Kagame avuga ko uwa kabiri mu buzukuru we ukurikira uwa mbere yamuhaye izina rya Agwize.

Ati: “ Kugwiza bivuze uburumbuke. Agwize ibyo azatunga, ibyo yifuza, indangagaciro…byose abigwize.”

Kagame n’abuzukuru be Abe na Agwize

Avuga ko mu kubita ayo mazina, yaboneyeho umwanya wo kwinigura kugira ngo icyo yifuriza abo buzukuru be n’Abanyarwanda muri rusange kibe kirimo.

 

TAGGED:AbabyeyiAbanaAbuzukurufeaturedKagame
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Odinga Yageze Mu Rwanda 
Next Article Uruhare Rw’Umugore Mu Ikawa Y’u Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rutsiro: Hubatswe Ibitaro Bizunganira Ibya Murunda

Ubwongereza Buratangaza Ko Bwemeye Palestine Nka Leta Yuzuye 

Volleyball: U Rwanda rwaserewe Muri 1/4 Cy’Igikombe Cy’ Afurika

Gisèle Umuhuza Yasimbuwe Na Canoth Manishimwe Muri MININFRA

Ariel Wayz Na Babo Bajyanywe Mu Kigo Ngororamuco

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Ese Icyemezo Cya Leta Cyahombeje Abacuruzi Bagafunga Cyavugururwa?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

DRC: Urugo Rwa Azarias Ruberwa Rwatewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Abaturage 354,000 Bagiye Guhabwa Amazi Meza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?