Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Yongeye Yuzukuruje
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Perezida Kagame Yongeye Yuzukuruje

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 August 2022 10:12 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yasohoye ifoto y’undi mwuzukuru we wibarutswe n’umukobwa we Ange Kagame n’umukwe we Bertrand Ndengeyingoma.

Ifoto Perezida yatangaje ashimira umukobwa we n’uwo bashakanye ko bibarutse undi mwuzukuru we

Perezida Kagame yashimiye uriya muryango ko wungutse undi mujyambere.

Ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga wahariwe ababyeyi b’abagabo, Ange Ingabire Kagame yashimiye umugabo we Bertrand Ndengeyingoma ko ari umubyeyi mwiza wita ku mfura yabo no ku muryango we wose.

Ni ubutumwa yacishije ku rukuta rwe rwa Twitter.

Buherekeje ifoto iriho umugabo we ateruye umukobwa wabo, bombi basetse, bishimye.

Aha yakinaga n’umwuzukuru we wa mbere

Mu Kinyarwanda bwagiraga buti: “ Umunsi mwiza wahariwe aba papa mukunzi, Natekerezaga ko nta gukunda birenze uko byahoze, ariko Imana yaduhaye umugisha uba Papa w’umukobwa wacu w’igitego. Turagukunda cyane.”

Ange Ingabire Kagame yambikanye impeta na Bertrand Ndengeyingoma muri Nyakanga, 2019.

Icyo gihe ubutumwa yashyizwe kuri Twitter bushingiye ku gitabo cyo muri Bibiliya kitwa Indirimbo za Salomo mu gice cyacyo cya 3, umurongo wa 4 ahagira hati: “ Nabonye uwo Roho yanjye ikunda.”

Perezida Kagame afite abuzukuru babiri
TAGGED:AngefeaturedKagameNdengeyingomaPerezidaUmwuzukuru
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article FERWACY Yikomye Abategura Amasiganwa Y’Igare Batayimenyesheje
Next Article Musanze: Umusaza W’Imyaka 72 Yahamwe No Gusambanya Umukobwa ‘Ku Ngufu’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Hari Imyanzuro u Rwanda Rwemera K’Uburenganzira Bwa Muntu Ntishyirwe Mu Bikorwa Yose

Ese Intambara Ya Amerika N’Uburayi Irashoboka

Hatangijwe Ubufatanye Mu Kuzamura Ubwinshi N’Ubwiza Bw’Imbuto 

Abatanga Ubutabera Bajye Basura Amahanga Barebe Uko Bigenda-Sosiyete Sivile

Uko RDF Yakiriwe Muri Jamaica

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Irani: Imyigaragambyo Ikomeje Kuzengereza Leta

Nyamasheke: Yakubise Gitifu Amuziza Kumwimisha Inkunga Y’Ibiribwa

Ese Robo Zitwara Imodoka Mu Buryo Butekanye Kurusha Abantu?

Niki Cyateye Igiciro Cy’Ikawa Y’u Rwanda Kuzamuka?

U Rwanda Rusanga Imvugo Za Ndayishimiye Zibangamira Umubano Warwo N’Uburundi

You Might Also Like

Mu Rwanda

U Rwanda Rwishimira Intambwe Yatewe Mu Kurwanya Igwingira Mu Bana Bato

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Bafatanywe Amadolari Y’Amakorano

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Minisitiri W’Intebe Yakiriye Uyobora Ikigo Mpuzamahanga Cy’Abagiraneza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Tchad: Hadutse Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?