Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida wa Angola yoherereje ubutumwa uw’u Burundi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Perezida wa Angola yoherereje ubutumwa uw’u Burundi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 December 2020 11:42 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Angola Bwana TÊTē Antónió yashyikirije Perezida w’u Burundi Gen Evariste Ndayishimiye ubutumwa yahawe na Perezida wa Angola, João Manuel Gonçalves Lourenço.

Minisitiri TÊTē Antónió yari ayoboye itsinda ry’abayobozi bakuru muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga.

Bakiriwe na Perezida Lorenco mu biro bye ari kumwe na Minisitiri ushinzwe ububanyi n’amahanga w’u Burundi Amb Albert Shingiro.

Nta makuru y’ibikubiye mu butumwa Lorenco yoherereje Ndayishimiye aratangazwa.

Nta mubano ‘wihariye’ uzwi hagati y’Angola n’u Burundi ariko hari imiryango bahuriramo nka ECASS.

Angola muri iki gihe niyo ibihugu byo mu Karere k’Afurika yo hagati n’iy’i Burasirazuba bifata nk’umuhuza mu bibazo biri hagati yabyo.

Ikindi ni uko muri iki gihe ibihugu byo muri aka karere byiteguye ko Perezida wa DRC Bwana Felix Tshisekedi azayobora Umuryango w’Afurika yunze ubumwe, Angola ikaba ishaka ko ibihugu bigize aka karere bimushyigikira kandi akazatangira akazi ibihugu byo mu karere bibanye neza.

Ikindi abahanga bavuga ni uko Angola iri gukorana n’u  Burundi kugira ngo inzego z’uburobyi n’iz’ingufu mu bihugu byombi zitezwe imbere.

Perezida Ndayishimiye yakiriye ubutumwa yahawe na mugenzi we uyobora Angola
TAGGED:AngolaBurundifeaturedLorencoNdayishimiyeUbutumwa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Chorale y’abagore 100% iri gutegura igitaramo cy’ abakunda indirimbo z’Imana
Next Article Urubanza rwa Mudathiru rwapfundikiwe, yasabye imbabazi Perezida Kagame
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

DRC: Abanyamahanga Ntibemerewe Gukora Ubucuruzi Buto Buto

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?