Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida wa Angola yoherereje ubutumwa uw’u Burundi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Perezida wa Angola yoherereje ubutumwa uw’u Burundi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 December 2020 11:42 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Angola Bwana TÊTē Antónió yashyikirije Perezida w’u Burundi Gen Evariste Ndayishimiye ubutumwa yahawe na Perezida wa Angola, João Manuel Gonçalves Lourenço.

Minisitiri TÊTē Antónió yari ayoboye itsinda ry’abayobozi bakuru muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga.

Bakiriwe na Perezida Lorenco mu biro bye ari kumwe na Minisitiri ushinzwe ububanyi n’amahanga w’u Burundi Amb Albert Shingiro.

Nta makuru y’ibikubiye mu butumwa Lorenco yoherereje Ndayishimiye aratangazwa.

Nta mubano ‘wihariye’ uzwi hagati y’Angola n’u Burundi ariko hari imiryango bahuriramo nka ECASS.

Angola muri iki gihe niyo ibihugu byo mu Karere k’Afurika yo hagati n’iy’i Burasirazuba bifata nk’umuhuza mu bibazo biri hagati yabyo.

Ikindi ni uko muri iki gihe ibihugu byo muri aka karere byiteguye ko Perezida wa DRC Bwana Felix Tshisekedi azayobora Umuryango w’Afurika yunze ubumwe, Angola ikaba ishaka ko ibihugu bigize aka karere bimushyigikira kandi akazatangira akazi ibihugu byo mu karere bibanye neza.

Ikindi abahanga bavuga ni uko Angola iri gukorana n’u  Burundi kugira ngo inzego z’uburobyi n’iz’ingufu mu bihugu byombi zitezwe imbere.

Perezida Ndayishimiye yakiriye ubutumwa yahawe na mugenzi we uyobora Angola
TAGGED:AngolaBurundifeaturedLorencoNdayishimiyeUbutumwa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Chorale y’abagore 100% iri gutegura igitaramo cy’ abakunda indirimbo z’Imana
Next Article Urubanza rwa Mudathiru rwapfundikiwe, yasabye imbabazi Perezida Kagame
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?