Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida wa Angola yoherereje ubutumwa uw’u Burundi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Perezida wa Angola yoherereje ubutumwa uw’u Burundi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 December 2020 11:42 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Angola Bwana TÊTē Antónió yashyikirije Perezida w’u Burundi Gen Evariste Ndayishimiye ubutumwa yahawe na Perezida wa Angola, João Manuel Gonçalves Lourenço.

Minisitiri TÊTē Antónió yari ayoboye itsinda ry’abayobozi bakuru muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga.

Bakiriwe na Perezida Lorenco mu biro bye ari kumwe na Minisitiri ushinzwe ububanyi n’amahanga w’u Burundi Amb Albert Shingiro.

Nta makuru y’ibikubiye mu butumwa Lorenco yoherereje Ndayishimiye aratangazwa.

Nta mubano ‘wihariye’ uzwi hagati y’Angola n’u Burundi ariko hari imiryango bahuriramo nka ECASS.

Angola muri iki gihe niyo ibihugu byo mu Karere k’Afurika yo hagati n’iy’i Burasirazuba bifata nk’umuhuza mu bibazo biri hagati yabyo.

Ikindi ni uko muri iki gihe ibihugu byo muri aka karere byiteguye ko Perezida wa DRC Bwana Felix Tshisekedi azayobora Umuryango w’Afurika yunze ubumwe, Angola ikaba ishaka ko ibihugu bigize aka karere bimushyigikira kandi akazatangira akazi ibihugu byo mu karere bibanye neza.

Ikindi abahanga bavuga ni uko Angola iri gukorana n’u  Burundi kugira ngo inzego z’uburobyi n’iz’ingufu mu bihugu byombi zitezwe imbere.

Perezida Ndayishimiye yakiriye ubutumwa yahawe na mugenzi we uyobora Angola
TAGGED:AngolaBurundifeaturedLorencoNdayishimiyeUbutumwa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Chorale y’abagore 100% iri gutegura igitaramo cy’ abakunda indirimbo z’Imana
Next Article Urubanza rwa Mudathiru rwapfundikiwe, yasabye imbabazi Perezida Kagame
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?