Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yandikiye ubutumwa ubuyobozi bwa Turikiya na Syria abwihanganisha nyuma y’uko ibi bihugu bipfushije abantu benshi bazize umutungito wabaye kuri...
Ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda bushima uruhare rw’abapolisikazi b’abagore mu kubungabunga umutekano haba mu Rwanda n’ahandi boherejwe mu mahanga. Ni ubutumwa bwacishijwe kuri Twitter aho Polisi...
Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’ibihugu bivuga Igifaransa, OIF, Madamu Louise Mushikiwabo yaciye kuri Ambasade ya Tchad i Paris asinya mu gitabo kirimo amagambo yo gusezera kuri Maréchal...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Angola Bwana TÊTē Antónió yashyikirije Perezida w’u Burundi Gen Evariste Ndayishimiye ubutumwa yahawe na Perezida wa Angola, João Manuel Gonçalves Lourenço. Minisitiri...