Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida wa Kiyovu ati: “ Abakozi bihuse batangaza ibyo tutemeranyijeho”
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Perezida wa Kiyovu ati: “ Abakozi bihuse batangaza ibyo tutemeranyijeho”

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 January 2021 11:38 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Juvenal Mvukiyehe uyobora Kiyovu Sports yabwiye Taarifa ko abakozi be bashinzwe itumanaho bihuse batangaza ko ikipe ye yakiriye Kevin Ishimwe kandi batabyemeranyijeho. Avuga ko bari bakiri mu biganiro bitararangira.

Urubuga rwa Twitter rwa Kiyovu Sports rwanditse ko bishimiye kumwakira mu muryango mugari wa Kiyovu.

Bwana Mvukiyehe ati: “ Sinzi impamvu bahubutse bagatangaza ibintu tutabyemeranyijeho. Turi mu biganiro na Kevin Ishimwe ariko ntibirarangira.”

N’ubwo Mvukiyehe yirinze kwemeza ko Ishimwe ari uwabo, amakuru Taarifa ifite avuga ko Ishimwe Kevin ari  umukinnyi wa Kiyovu ariko uzayikinira nk’ intizanyo. Mu kanya gashize ku mbuga nkoranyambaga hari amakuru avuga ko ashobora  gukomereza no muri Rayon Sports nabwo ari intizanyo.

Yari asanzwe akinira APR FC.

Twamenye kandi ko avuye muri APR FC kubera imyitwarire mibi, akaba yirukanywe igitaraganya ubwo bari mu mwiherero w’ikipe aho isanzwe iwukorera i Shyorongi.

Yari asanzwe afite amasezerano y’imyaka ibiri yasinye ubwo yavaga muri AS Kigali.

Yaramaze gukinira APR FC umwaka umwe.

Asanzwe akina aca ku mpande.

Kevin Ishimwe amaze gukinira amakipe mu Rwanda arimo  APR FC,  Rayon Sport SPORT, AS Kigali na  Pepinière FC.

Ishimwe ari muri Kiyovu
Yari asanzwe akinira APR FC
TAGGED:APRfeaturedKiyovuMvukiyeheRayon
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Tshisekedi
Next Article Phil Peter na DJ Lenzo bahoze ari inshuti ntibagicana uwaka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?