Perezida Wa Namibia Yapfuye

Dr Hage Geingob yapfuye mu rukerera rwo kuri iki Cyumweru azize uburwayi. Yaguye mu bitaro byo mu gihugu cye aho yavurirwaga.

Hage Gottfried Geingob yavutse taliki 03, Kanama, 1941. Yari Perezida wa Gatatu wa Namibia kuva yabona ubwigenge yigobotoye Abadage.

Taliki 21, Werurwe, 2015 nibwo yabaye Perezida wa Namibia none apfuye afite imyaka  82 y’amavuko.

Yagiye ku butegetsi asimbuye Hifikepunye Lucas Pohamba.

- Advertisement -

Yayoboraga ishyaka riri ku butegetsi ryitwa SWAPO.

Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version