Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Wa Zambia Yoherereje Uw’u Rwanda Ubutumwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Wa Zambia Yoherereje Uw’u Rwanda Ubutumwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 January 2025 6:36 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ambasaderi Lazarous Kapambwe akaba intumwa yihariye ya Perezida wa Zambia Hakainde Hichilema yaraye agejeje kuri Kagame ubutumwa bwa mugenzi we.

Ni mu gikorwa cyaraye kibereye muri Village Urugwiro.

U Rwanda rufitanye umubano ukomeye na Zambia kandi, mu bihe bitandukanye wongeweno imbagara binyuze mu gusinya amasezerano y’imikoranire.

Mu mwaka wa 2022, Kagame yasuye Zambia abo bari bari kumwe basinyana amasezerano na bagenzi babo, akaba yari arindwi ari mu ngeri nyinshi.

Ni ay’ubucuruzi n’ishoramari, ubuhinzi, uburobyi n’iterambere ryabwo, ndetse n’ubufatanye hagati y’Ikigo cy’Igihugu cy’Iterambere cy’u Rwanda (RDB) n’Ikigo cy’Iterambere cya Zambia (ZDA).

Banasinye amasezerano y’ubufatanye mu bijyanye n’imisoro.

Nyuma y’aho Perezida Hichilema yasuye u Rwanda ku butumire bwa Perezida Kagame.

Rwari uruzinduko rw’iminsi ibiri, rwaganiriwemo uko Kigali na Lusaka bateza imbere ibikubiye mu masezerano yasinywe, hagamijwe inyungu z’abaturage.

Itsinda ry’u Rwanda n’irya Zambia baganiriye ku nzego z’ubufatanye zirimo ubucuruzi, ubuhinzi ndetse n’amahirwe yo gusangira ubumenyi hagati y’ibihugu byombi.

Icyo gihe hanashyizeho Komisiyo ihuriweho ishinzwe ubufatanye bw’ibi bihugu.

TAGGED:AmbasaderifeaturedKagameUmubanoZambia
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kagame Aracyasaba Ko Akajagari Gacika Mu Nsengero
Next Article DRC Ivuga Ko Yiyemeje Gukurikiza Ibyo Umuhuza Asaba
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaRwiyemezamirimoUmutekano

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?