Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida W’Inteko Ishinga Amategeko Ya Uganda Yapfuye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Perezida W’Inteko Ishinga Amategeko Ya Uganda Yapfuye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 March 2022 2:54 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Jacob Oulanyah wayobora Inteko ishinga amategeko ya Uganda yitabye Imana nk’uko itangazamakuru rya Uganda ribitangaza.

Yari Perezida wa 11 wa Uganda wasimbuye Rebecca Kadaga.

Countrymen and Countrywomen.
It is with a lot of sadness that I announce the death of the Rt. Hon. Jacob Oulanyah, the Speaker of Parliament. Via- @KagutaMuseveni pic.twitter.com/JczKOmwCPi

— Government of Uganda (@GovUganda) March 20, 2022

Oulanyah yatangiye kuyobora Inteko ishinga amategeko ya Uganda mu mwaka wa 2021.

Yaguye mu bitaro by’i Seatle muri Leta zunze ubumwe z’Amerika mu ijoro ryacyeye.

Uwari umwungirije witwa Anita Annet Among yari aherutse kuvuga ko yasuye Jacob Oulanyah aho yari arwariye mu minsi micye ishize kandi ngo yagaragaraga nk’umuntu uri kugarura agatege.

Together with close friends; His Lordship Alphonse Owiny Dollo, Hon.Nobert Mao and Health Minister Jane Ruth Aceng; I have visited Rt Hon Speaker Jacob Oulanyah at his Hospital Bed in Seattle.
He is receiving and responding to treatment under the close attention of his Doctors.

— Anita Annet Among (@AnitahAmong) March 18, 2022

TAGGED:AmategekofeaturedInteko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Inkomoko Y’Izina ‘Google’
Next Article Urukiko Rurasoma Imyanzuro Ku Bujurire Mu Rubanza Rwa Rusesabagina N’Abandi Bareganwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

You Might Also Like

Mu mahangaUbuzima

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?