Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida W’U Burundi Yirukanye Minisitiri Amushinja Gushyira Umugayo Ku Gihugu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Perezida W’U Burundi Yirukanye Minisitiri Amushinja Gushyira Umugayo Ku Gihugu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 May 2021 5:08 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Itangazo ryavuye mu Biro bya Perezida Evariste Ndayishimiye rivuga ko ashingiye ku bubasha ahabwa n’Itegeko nshinga n’andi mategeko, avanye ku mwanya wa Minisitiri Madamu Immaculée Ndabaneze wari Minisitiri w’ubucuruzi, ubwikorezi, inganda n’ubukerarugendo kubera imyitwarire ishobora kwanduza isura y’igihugu.

Muri ririya tangazo handitswemo ko Madamu Ndabaneze afite imyitwarire n’imikorere bishobora gutuma ubukungu bw’igihugu buzahara kandi igashyira umugayo ku gihugu.

Ririya tangazo ryanditswe mu Gifaransa hari aho rigira riti: “ Minisitiri w’ubucuruzi, ubwikorezi, inganda n’ubukerarugendo Nyakubahwa Immaculée Ndabaneze avanywe ku mwanya we kubera imyitwarire idahwitse kandi ishobora kugusha ubukungu bw’igihugu ukanashyira umugayo ku isura y’u Burundi.”

Ni ubutumwa bwasohotse mu itangazo ryashyizweho umukono na Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Alain Guillaume Bunyoni.

Buvuga ko ibibukubiyemo bigomba guhita bishyirwa mu bikorwa guhera kuri uyu wa Gatandatu tariki 01, Gicurasi, 2021.

Ndabaneze
TAGGED:BurundifeaturedGihuguMinisitiriNdabanezeNdayishimiye
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mombote Assis, Undi Mukinnyi Rayon Sports Yazanye
Next Article Abaturanyi Bose Tumeranye Neza, Usibye Umwe Gusa – Kagame
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

Ruhango: Abasaza Babiri Bagiye Kwiba Umwe Arahagwa

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?