Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida W’U Burundi Yirukanye Minisitiri Amushinja Gushyira Umugayo Ku Gihugu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Perezida W’U Burundi Yirukanye Minisitiri Amushinja Gushyira Umugayo Ku Gihugu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 May 2021 5:08 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Itangazo ryavuye mu Biro bya Perezida Evariste Ndayishimiye rivuga ko ashingiye ku bubasha ahabwa n’Itegeko nshinga n’andi mategeko, avanye ku mwanya wa Minisitiri Madamu Immaculée Ndabaneze wari Minisitiri w’ubucuruzi, ubwikorezi, inganda n’ubukerarugendo kubera imyitwarire ishobora kwanduza isura y’igihugu.

Muri ririya tangazo handitswemo ko Madamu Ndabaneze afite imyitwarire n’imikorere bishobora gutuma ubukungu bw’igihugu buzahara kandi igashyira umugayo ku gihugu.

Ririya tangazo ryanditswe mu Gifaransa hari aho rigira riti: “ Minisitiri w’ubucuruzi, ubwikorezi, inganda n’ubukerarugendo Nyakubahwa Immaculée Ndabaneze avanywe ku mwanya we kubera imyitwarire idahwitse kandi ishobora kugusha ubukungu bw’igihugu ukanashyira umugayo ku isura y’u Burundi.”

Ni ubutumwa bwasohotse mu itangazo ryashyizweho umukono na Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Alain Guillaume Bunyoni.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Buvuga ko ibibukubiyemo bigomba guhita bishyirwa mu bikorwa guhera kuri uyu wa Gatandatu tariki 01, Gicurasi, 2021.

Ndabaneze
TAGGED:BurundifeaturedGihuguMinisitiriNdabanezeNdayishimiye
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mombote Assis, Undi Mukinnyi Rayon Sports Yazanye
Next Article Abaturanyi Bose Tumeranye Neza, Usibye Umwe Gusa – Kagame
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?