Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida W’Ubudage Yageze Muri Qatar Abanza Kubura Umwakira
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Perezida W’Ubudage Yageze Muri Qatar Abanza Kubura Umwakira

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 November 2023 12:48 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubwo yageraga ku kibuga cy’indege i Doha muri Qatar Perezida w’Ubudage witwa Frank Walter Steinmeier yamaze iminota igera kuri 30 ategereje ko hari umuyobozi wo Qatar uza kumwakira yahebye.

Ikinyamakuru LSI-AFRICA cyatangarije kuri X ko iki kibazo cyerekanye uko ubutegetsi bwa Qatar bufata uruhande Ubudage bwafashe mu ntambara iri guhuza Israel na Hamas.

Uhagarariye Ubudage muri UN witwa Annalena Baerbock  aherutse kuvuga ko intambara iri hagati ya Israel na Hamas ari ikibazo cy’isi yose, bityo ngo ari ngombwa ko buri ruhande rutegwa amatwi, ibibazo bya buri ruhande bigahabwa agaciro.

Ubu buryo bwo kubona ibintu hari abo butashimishije, ibyo bikaba bikekwa ko ari byo byatumye Perezida w’Ubudage amara kiriya gihe ntawe uraza kumwakira mu rwego rwo kumwereka ko batishimiye uko igihugu cye kibona ibintu.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

N’ubwo bivugwa ko ubuyobozi bwa Qatar bwatinze kuza kwakira Perezida w’Ubudage nkana, ku rundi ruhande birazwi ko iki gihugu ari cyo muhuza hagati ya Hamas na Israel.

Nyuma y’igihe runaka, Perezida Frank Walter Steinmeier yaje guhura n’umuyobozi w’ikirenga wa Qatar Cheikh Tamim Ben Hamad Al Thani.

🚨🇶🇦🇩🇪 À son arrivée mercredi au Qatar, le président allemand, Frank Walter Steinmeier, a été contraint d'attendre environ 30 minutes dans l'avion avant d'en sortir, aucun responsable qatari n'étant présent pour l'accueillir. Cet incident a été interprété comme une réaction du… pic.twitter.com/XsckriMIPa

— LSI AFRICA (@lsiafrica) November 30, 2023

TAGGED:BudagePerezidaQatar
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abakinnyi Ba AS Kigali Bivumbuye
Next Article Nkundineza Yavuze Icyamuteye Kwibasira Miss Jolly Mutesi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hatangajwe Ifoto Yemewe Ya Papa Lewo XIV

Rutsiro:Indwara Ya Muryamo Iri Mu Ngurube Iraterwa N’Iki?

Burundi: Umudepite Yakubiswe

Menya Aho Amerika Igeze Umushinga Wo Guhuza u Rwanda Na DRC

Chris Brown Afungiye Gukubita Umuntu Icupa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Uganda: Undi Murinzi Wa Bobi Wine Yashimuswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Uganda: Abaturage Bagiye Guhabwa Irangamuntu Nshya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu mahanga

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?