Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Peru: Aba Jenerali Batandatu Batawe Muri Yombi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Peru: Aba Jenerali Batandatu Batawe Muri Yombi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 December 2022 3:39 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubushinjacyaha bwa Repubulika ya Peru bwataye muri yombi abasirikare batandatu bafite ipeti ryo ku rwego rwa Jenerali bakurikiranyweho ruswa ishobora kuba yaratumye bahabwa ariya mapeti n’uwahoze ari Perezida wa Repubulika witwa Pedro Castillo uherutse kuvanwa ku butegetsi.

Ubwo abakora mu bushinjacyaha bwa Repubulika basakaga  mu rugo rw’uwahoze ari Minisitiri w’ingabo ku gihe cya Castillo witwa Walter Ayala bahasanze inyandiko nyinshi  zimwe zaberetse ko  hari imikoranire Perezida yagiranaga na bamwe mu bayobozi b’ingabo  na Polisi yatumwe hari abo yazamuye mu ntera.

Castillo aherutse gukurwa mu Biro by’Umukuru w’igihugu bikozwe n’ingabo nyuma y’uko hari amakuru yavugaga ko yashakaga gusesa Inteko ishinga amategeko mu buryo bise ko budakurikije amategeko.

Nyuma y’uko avanywemo, ubu igikurikiyeho ni ukureba n’abandi bakoranaga.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Mu bamaze gufatwa harimo na bariya ba Jenerali batandatu bivugwa ko yahaye amapeti kandi batari bayakwiye.

Castillo aherutse gukurwa mu Biro by’Umukuru w’igihugu bikozwe n’ingabo

Abanyamakuru b’Ijwi ry’Amerika bakorera Lima mu murwa mukuru wa Peru bavuga ko mu mwaka wa 2021 hari amafaranga bariya basirikare bahaye Perezida Pedro  Castillo ngo abazamure mu mapeti.

TAGGED:AmapetiAmategekofeaturedIntekoJeneraliPeru
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umufaransa Ufite Amaraso Yo Muri DRC Agiye Gukina Muri NBA
Next Article Makanyaga Abdoul Arembeye Muri CHUK
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?