Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Pocket Wifi Pro: Igikoresho Cy’Airtel Rwanda Kiguha Murandasi Ukishima
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Pocket Wifi Pro: Igikoresho Cy’Airtel Rwanda Kiguha Murandasi Ukishima

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 October 2022 11:29 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Airtel Rwanda  yashyize ku isoko icyuma gitanga murandasi kitwa Airtel Pocket WIFI Pro kigurwa Frw 25,000. Ni ikiguzi kiza kubera ko mbere iki gikoresho cyagurwaga FRW 35,000.

Abayobozi muri Airtel bavuga ko kiriya cyuma ari ingirakamaro kubera gishobora gukoreshwa mu rugo cyagnwa mu bito kandi gitanga murandasi ikoresha igisekuru cya 4( 4G).

Umuyobozi wa Airtel Rwanda Bwana Emmanuel Hamez avuga ko ikigo ayoboye kiyemeje gukomeza guha Abanyarwanda ibyiza byose gitanga.

Umuyobozi wa Airtel Rwanda Emmanuel Hamez

Ngo ni muri uru rwego basanze ari ngombwa ko bagabanyiriza abakiliya igiciro cya kiriya gikoresho.

Ati: “ Iki gikoresho kizafasha benshi gukoresha murandasi itabahenze kandi yihuta. Hari na sim card yo mu bwoko bwa Stater Sim Card ugurana na  15GB, bikagufasha guhita utangira gukoresha murandasi mu kazi kawe.”

Buri wese ushaka kugira kiriya cyuma cy’ikoranabuhanga ashobora kukibona ku iduka Airtel Rwanda igurishirizamo ibikoresho byayo ikanahatangira serivisi.

Ikindi ni uko n’umukiliya ufite telefoni ikoresha murandasi y’igisekuru cya gatatu nawe ashobora kugura kiriya gikoresho kiri mu bihendutse bitanga murandasi biri mu Rwanda kugeza ubu.

Akandi karusho k’iki cyuma ni uko gifite ibuye rishobora kumara amasaha 12 rikora.

TAGGED:AirtelfeaturedIkoranabuhangaMurandasiRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Agaciro Development Fund Yashoye Imari Muri Banki Ikomeye Y’Afurika
Next Article Musanze: Batangiye Kwiherera Bategura Tour du Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?