Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: RDF Ntibereyeho Gushoza Intambara- Perezida Kagame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

RDF Ntibereyeho Gushoza Intambara- Perezida Kagame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 August 2023 12:56 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu ijambo rito rikubiyemo ubutumwa Perezida Paul Kagame yagejeje ku basirikare yari yasanze i Gabiro kuri uyu wa Kane, barimo naba Ofisiye bakuru harimo ko kuva kera na kare ikinyabupfura aricyo musingi w’ingabo z’u Rwanda. Yababwiye ko RDF itaremewe gushoza intambara.

Icyayo ni ukurinda Abanyarwanda, bakabaho batekanye.

Yababwiye ko kuva ingabo z’u Rwanda zabaho intego yazo yari iyo kubaka u Rwanda kandi byose bigakorwa mu kinyabupfura.

Ati: “ Ikinyabupfura nicyo kidushoboza gukora akazi kacu neza.”

Umugaba w’ikirenga w’ingabo z’u Rwanda yavuze ko mu kinyabupfura cya RDF habamo no gukoresha neza amikoro make igihugu gifite.

Avuga ko ayo mikoro ashyirwa ahangombwa kugira ngo hatabaho gusesagura bike abantu bagezeho biyushye akuya.

Perezida Kagame avuga ko ikinyabupfura mu myitwarire n’imigenzereze kigomba kujyanirana n’ubumenyi n’ubushobozi byo gushyira mu bikorwa ibyo abantu bize.

Ku byerekeye inshingano za RDF, Perezida Kagame avuga ko icyo ishinzwe ari ukurinda ko intambara igera ku Banyarwanda ariko ko intego yayo atari ugushoza intambara.

Yabwiye abasirikare bari bamuteze amatwi iyo RDF yitabajwe n’ahandi, mu bandi Banyafurika n’aho itabara.

TAGGED:AbasirikareAmahangafeaturedIntambaraKagameRDFRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abatuye Mu Manegeka Y’i Kigali Baraburirwa Kuhava Inzira Zikigendwa
Next Article Brazil Irashaka Kwagura Umubano N’u Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Mu Ihurizo Ryo Kureba Uko Atakweguzwa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Aritabira Inama Transform Africa Summit Muri Guinea Conakry 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?