Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: RDF Ntibereyeho Gushoza Intambara- Perezida Kagame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

RDF Ntibereyeho Gushoza Intambara- Perezida Kagame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 August 2023 12:56 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu ijambo rito rikubiyemo ubutumwa Perezida Paul Kagame yagejeje ku basirikare yari yasanze i Gabiro kuri uyu wa Kane, barimo naba Ofisiye bakuru harimo ko kuva kera na kare ikinyabupfura aricyo musingi w’ingabo z’u Rwanda. Yababwiye ko RDF itaremewe gushoza intambara.

Icyayo ni ukurinda Abanyarwanda, bakabaho batekanye.

Yababwiye ko kuva ingabo z’u Rwanda zabaho intego yazo yari iyo kubaka u Rwanda kandi byose bigakorwa mu kinyabupfura.

Ati: “ Ikinyabupfura nicyo kidushoboza gukora akazi kacu neza.”

Umugaba w’ikirenga w’ingabo z’u Rwanda yavuze ko mu kinyabupfura cya RDF habamo no gukoresha neza amikoro make igihugu gifite.

Avuga ko ayo mikoro ashyirwa ahangombwa kugira ngo hatabaho gusesagura bike abantu bagezeho biyushye akuya.

Perezida Kagame avuga ko ikinyabupfura mu myitwarire n’imigenzereze kigomba kujyanirana n’ubumenyi n’ubushobozi byo gushyira mu bikorwa ibyo abantu bize.

Ku byerekeye inshingano za RDF, Perezida Kagame avuga ko icyo ishinzwe ari ukurinda ko intambara igera ku Banyarwanda ariko ko intego yayo atari ugushoza intambara.

Yabwiye abasirikare bari bamuteze amatwi iyo RDF yitabajwe n’ahandi, mu bandi Banyafurika n’aho itabara.

TAGGED:AbasirikareAmahangafeaturedIntambaraKagameRDFRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abatuye Mu Manegeka Y’i Kigali Baraburirwa Kuhava Inzira Zikigendwa
Next Article Brazil Irashaka Kwagura Umubano N’u Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Nyamasheke: Yahitanywe N’Ikiraro Cyamuvunikiyeho Avuye Kunywa

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Abanywera Urumogi Muri Gereza Baburiwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzima

General Kabandana Yatabarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?