Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: RIB Yataye Muri Yombi Umuyobozi Muri Minisiteri Y’Ibidukikije
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubutabera

RIB Yataye Muri Yombi Umuyobozi Muri Minisiteri Y’Ibidukikije

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 March 2021 4:03 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umwe mu bakozi ba Minisiteri y’ibidukikije  aherutse gutabwa muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rumukurikiranyeho kwakira ruswa. Umuvugizi warwo Bwana Dr Thierry B. Murangira yabwiye Taarifa ko bamufatiye mu cyuho yakira iyo ruswa.

Uwo mugabo yari ahagarariye Ubunyamabanga muri iriya Minisiteri yafatiwe mu Murenge wa Kimisagara, Akagari ka Kimisagara mu Karere ka Nyarugenge.

Umuvugizi wa RIB yasabye abaturage kwirinda kujya baka abantu ruswa kugira ngo babahe serivisi.

Ati: Nta muntu wari ukwiye kwaka abaturage ruswa ngo abahe serivisi kandi basanzwe bazemerewe. Ibyo babireke.”

Dr Murangira yabwiye Taarifa ko  icyaha ruswa uriya mugabo akurikiranyweho kimuhamye yahanishwa igihano k’igifungo kiri hagati y’imyaka itanu n’imyaka irindwi.

Ikindi ni uko ahanishwa amande akubye inshuro eshatu  n’eshanu  ayo yari akurikiranyweho.

TAGGED:featuredIbidukikijeMinisiteriMurangiraNyarugengeRIBUbunyamabanga
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umugore Yafatanywe Ibiyobyabwenge Bifite Agaciro Ka Miliyari 3 Frw
Next Article Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yitezweho Ingamba Nshya Kuri Covid-19
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Muzaze Dushimire Imana Ibyiza Yagejeje Ku Gihugu-Amb Murigande

Kagame Yaganiriye Na Mugenzi We Wa Mozambique

Perezida Wa Mozambique Yatangiye Uruzinduko Mu Rwanda

Uburundi Bugiye Kubaka Gariyamoshi

Ubuhinde Burashaka ‘Kwigira’, Burambiwe Amerika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Yanditse Igitabo Ku Gahinda Yatewe No Gupfusha Umugore We

You Might Also Like

IbidukikijeMu Rwanda

Meteo Rwanda Irateguza Imvura Irimo Inkuba Mu Gihugu Hose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

DRC:Abasirikare Basabiwe Gufungwa Imyaka 15 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Abanyamakuru Barekuwe N’Urukiko Rwa Gisirikare

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeUbukungu

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?