Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ronaldo Azasezera Umupira Ageze Mu Myaka 40
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Ronaldo Azasezera Umupira Ageze Mu Myaka 40

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 November 2022 9:39 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Cristiano Ronaldo umwe mu bakinnyi bakomeye isi yagize kandi igifite kugeza ubu, avuga ko agifite imbaraga zo gukina umupira w’amaguru kuzageza ubwo azaba agejeje mu myaka 40.

Yavutse Taliki 05, Gashyantare, 1985, ubu afite afite imyaka 37 y’amavuko.

Mu kiganiro aherutse guha Televiziyo yitwa TalkTV, Ronaldo yavuze ko mu marushanwa yo gutwara Shampiyona y’u Bwongereza, Champions League, ari kubera mu Bwongereza asanga Arsenal iramutse igitwaye nta cyo byaba bitwaye.

Mbere yari yarabanje kuvuga ko yifuza ko cyatwarwa na Manchester United.

Yagize ati: “ Manchester nibiyinanira, Arsenal izabikore. Iyi kipe ndayikunda, ifite abakinnyi beza n’umutoza mwiza. Arsenal ni ikipe nziza.”

Uyu rutahizamu w’ikirangirire muri iyi minsi ntabanye neza n’ikipe ya Manchester United kubera icyo yise ‘agasuzuguro gakabije’ umutoza wayo yamusuzuye.

Ngo uyu mutoza yaramusuzuguye ubwo yamuhagarikaga imikino itatu yose kandi ngo yabera nta mutoza arasuzugura, nta kipe yigeze abana nabi nayo, ariko ngo kumuhagarika imikino itatu byaramushegeshe.

Iki kiganiro nacyo ariko cyenyegeza umuriro mu mubano mubi hagati ya Ronaldo n’abayobozi ba Manchester United.

Batangaje ko bari kugisesengura bakazagira icyo bagitangazaho mu gihe gito kiri imbere.

Biravugwa ko Bwana Gary Neville wahoze ari Captaine wa Manchester yavuze ko ‘aho ibintu bigeze’, nta kindi cyakorwa kitari ugusesa amasezerano bafitanye na Ronaldo, yagombaga kuzarangirana n’iyi ‘season.’

Icyakora ngo birasa no korosora uwabyukaga kubera ko na Ronaldo bisa n’aho atagukunze na gato iyi kipe iri mu zikomeye mu Bwongereza!

Yiteguye ariko kuba yakinira andi makipe yo mu Burayi.

Avuga ko mu mikino y’igikombe cy’isi yitegura kuzakina, azakora uko ashoboye ikipe ye ya Portugal ikagera kure.

Yasabye abandi bazajya muri kiriya gikombe kuzakora icyabajyanye ari cyo umupira w’amaguru gusa.

TAGGED:ArsenalfeaturedIgikombeImikinoMancesterRonaldo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ku Munota Wa Nyuma Qatar Yabuzanyije Kunywera Inzoga Mu Gikombe Cy’Isi
Next Article Ubucuruzi Hagati Y’u Rwanda Na Uganda ‘Bwongeye’ Kuzamuka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Imikino

Ibanga Kepler Yakoresheje Ngo Ihagarare Neza Muri Basket Y’Abagore

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibiza KamereMu RwandaUmutekano

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?