Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rond Point Ituranye Na Kigali Convention Center Yarasenywe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbukungu

Rond Point Ituranye Na Kigali Convention Center Yarasenywe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 January 2025 12:21 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Iyi foto yafashwe ikuwe muri video yafashwe na The New Times
SHARE

Hafi ya Kigali Convention Center ahahoze uwo bitaga ‘umugore ucira amazi’ harasenywe. Ni Rond Point abantu bakundaga kujya kwicaraho ngo baruhuke cyangwa se bahakorere siporo. Hari abahafatiye amashusho cyangwa amafoto y’ubukwe, abandi bahitoreza kubyina ruzungu.

Abaca muri ibi bice bazi neza ko ubu hazengurukijwe amabati abuza abantu kuhareba cyangwa kuhajya kuko hari imashini ziri kuhakorera ubwubatsi.

Bagenzi bacu ba The New Times bavuga ko hari amakuru avuga ko hariya hantu hari kuvugururwa kugira ngo hazakirirwe kimwe mu bikorwa bya siporo kitaramenyekana kizabera mu Rwanda mu mezi ari imbere.

Ahari kubakwa kiriya gikorwa remezo kitaramenyekana ni hafi y’inzu izwi ya Kigali Heights, hateganye n’indi nyubako yitwa Kigali Alliance Business Center (KABC)yahoze yitwa KBC.

TAGGED:ConventionKigaliSiporoUmugoreUmujyi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ikipe Izatwara CHAN Izegukana Miliyoni $ 3.5 Avuye Kuri Ebyiri
Next Article FARDC Iri Guhatana Ngo Irebe Ko Yakwirukana M23 i Masisi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?