Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: RSB Yahagaritse Gutanga Ikirango ‘R-Mark’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbukungu

RSB Yahagaritse Gutanga Ikirango ‘R-Mark’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 September 2024 7:15 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ku bufatanye n’ikigo gishinzwe ubuziranenge bw’imiti n’ibiribwa, Ikigo cy’lgihugu gutsura Ubuziranenge (RSB) cyatangaje ko hafashwe ingamba zo guhagarika itangwa ry’ibirango by’ubuziranenge bibiri byakoreshwaga ku bicuruzwa.

Iby’iryo tangazo byatangarijwe mu itangazo rihiriweho n’ibyo bigo.

Rivuga ko byakozwe mu rwego rwo kunoza no koroshya itangwa rya serivisi.

Ibyo birango ni icyatangwaga handikwa (R-Mark) n’icyahabwaga ibicuruzwa cya S-Mark.

Guhera taliki ya 6 Nzeri 2024 ikirango R-Mark ntikizongera gutangwa mu kwandika ibicuruzwa by’ibiribwa kandi n’abatunganya ibiribwa ntibemerewe kongera kugishyira ku nyandiko iha abaguzi amakuru yomekwa ku gicuruzwa.

Icyakora izo nzego zimenyesha abaguzi ko ibisabwa mu kwandika ibindi bicuruzwa byo bidahindutse.

Abafite ibiribwa byatunganyijwe mu nganda mbere y’italiki 6, Nzelri, 2024 bikaba bifite ikirango cya R-Mark ku gipfunyika babwiwe ko bashobora gukomeza kubicuruza kugeza igihe bizarangirira.

Abafite mu bubiko inyandiko ndangamakuru zomekwa ku gicuruzwa ziriho ikirango cya R-Mark bashobora gukomeza kuzishyira ku bicuruzwa kugeza igihe nazo zizashirira mu bubiko.

Itangazo rihuriweho na biriya bigo
TAGGED:featuredIbirangoIbiribwaIkigoUbuziranenge
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Muri Nyungwe Habereye Impanuka
Next Article Gen Ruvusha Yakiriye Ubuyobozi Bw’Ingabo Z’u Rwanda Muri Mozambique
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Arabie Saoudite: Kagame Azatanga Ikiganiro Ku Umutekano Mu By’Ubukungu

Biya Agiye Kongera Kuyobora Cameroun Muri Manda Izarangira Afite Hafi Imyaka 100

Kigali: Bafatanywe Udupfunyika 617 Tw’Urumogi

Inzoga Z’Inkorano Zikomeje Kwangiza Ubuzima Bw’Abanyarwanda

Hari Isezerano BK Iha Abafite Inganda Z’Ikawa…

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Umunyarwanda Uterura Ibiremereye Kurusha Abandi Agiye Kuruhagararira Mu Misiri

Uburundi, Ububiligi, DRC, Amerika… -Nduhungirehe Asobanura Uko U Rwanda Rubanye Nabyo

Huye: Urubyiruko Rwahawe Ibibuga By’Imikino Bikozwe Na Croix Rouge Y’u Rwanda 

Byaba Byagenze Gute Ngo Amerika Ihagarike Gukorana Na Israel?

Ubufaransa Bugiye Gukoresha Inama Ku Mutekano Mu Karere

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Zaria Igiye Kubona Umufatanyabikorwa Ukomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Kamala Harris Aracyashaka Kuba Perezida Wa Amerika 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Guhurira Muri Amerika Kwa Kagame Na Tshisekedi Kwimuriwe Mu Ugushyingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Muri Somalia Byifashe Bite?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?