Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rubavu: Abakozi 250 B’Uruganda Rw’Icyayi Rwa Pfunda ‘Bigaragambije’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbukungu

Rubavu: Abakozi 250 B’Uruganda Rw’Icyayi Rwa Pfunda ‘Bigaragambije’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 May 2021 12:24 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abakorera uruganda rusoroma rukanatunganya icyayi ruri mu Murenge wa Nyundo mu Karere ka Rubavu ruzwi nka Pfunda bahagaritse by’agateganyo akazi basanzwe bakora muri uru ruganda.

Umwe mu baturiye ruriya ruganda yabwiye Taarifa ko bamwe muri bariya bakozi bavuga ko bakorera Frw 15 000 ariko bagakatwa.

Ikindi ngo ni ikibazo cyatangiye muri 2019, ubu bakaba bageze aho bumva bibarenze bakigaragambya.

Ikindi ni uko uwo mugabo yaciye kuri ruriya ruganda mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri agasanga hari Umuyobozi w’Akarere ka Rubavu, Bwana Gilbert Habyarimana yabakoresheje inama ngo arebe uko ikibazo cyakemuka mu mahoro.

Umuturage yatubwiye ati: “ Bariya bakozi bambwiye ko bafashwe nabi kandi bimaze igihe. Bavuga ko ngo babanje kwihangana bakeka ko ikibazo cyabo kigiye gukemuka ariko barategereza baraheba.”

Uruganda rw’icyayi rwa Pfunda ruyoborwa n’Umuhinde warwegukanye igihe Leta y’u Rwanda yeguriraga ibigo byayo abikorera ku giti cyabo.

Turacyagerageza kuvugana n’ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu ngo bugire icyo butubwira cyerekeye gukemura ikibazo cya bariya bakozi bivugwa ko kimaze igihe kirekire.

Ni uruganda ruzwiho gukora icyayi muri Rubavu
Bugaragambije ngo ntibagakora bashonje

Amafoto@RBA

TAGGED:featuredIcyayiLetaPfundaRubavuUmuhindeUruganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Inuma, Intashya, Ifundi, Ibishwi…Ku Isi Hari Inyoni MILIYARI 50
Next Article Umuryango W’Ubumwe Bw’Uburayi Wahaye Impunzi Z’Abarundi Miliyoni 890 Frw
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

You Might Also Like

Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Mu Ihurizo Ryo Kureba Uko Atakweguzwa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Aritabira Inama Transform Africa Summit Muri Guinea Conakry 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Gicumbi: Abiga Inderabarezi Basaba Ko Bakongererwa Imashini N’Ibitabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwifatanyije Na Algeria Kwizihiza Isabukuru Y’Ubwigenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?