Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rubavu: Yiyahuye Nyuma Y’Icyumweru Arongoye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

Rubavu: Yiyahuye Nyuma Y’Icyumweru Arongoye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 February 2024 7:14 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ngirimana Adolphe w’imyaka 23 y’amavuko wo mu Karere ka Rubavu yiyahuje umuti wa Tiyoda uzwiho kwica udukoko nyuma y’icyumweru kimwe arongoye. Ntiharamenyekana icyabimuteye!

Kuri uyu wa Mbere taliki 12, Gashyantare, 2024 nibwo byamenyekanye ko uyu mugabo wari umaze igihe gito arushinzwe yiyambuye ubuzima, akaba yari atuye muMurenge wa Mudende, Akagari ka Bihungwe mu Mudugudu wa Bihungwe.

Gitifu w’Umurenge wa Mudende, Murindangabo Eric niwe wabwiye itangazamakuru iby’urupfu rw’uyu mugabo.

Avuga ko mbere y’uko yiyahura, yari asanzwe abana n’undi mugabo mu nzu.

Murandangabo ati:  “Yari amaze icyumweru arongoreye mu nzu ya Se, bivuze ko inzu bayibagamo ari abagabo babiri, gusa mu rukerera umugore wa Ngirimana yarazindutse ajya guceba ibirayi, hashize akanya gato barumuna be batangira gutabaza abaturanyi ko amaze kunywa Tiyoda ari gutaka kubabara mu nda.”

Baratabaye bamwihutana ku Kigo nderabuzima cya Mudende, apfa akigera kwa muganga, abaganga bataramwakira.

Gitif yaboneyeho gusaba abaturage kwirinda icyo ari cyo cyose cyatuma umuntu yiyambura ubuzima, ahubwo ko habaye hari ikibazo yakigaragariza ubuyobozi kigashakirwa igisubizo hakiri kare.

Umurambo wa nyakwigendera wahise ushyingurwa.

TAGGED:ArongoyeKwiyahuraMudendeRubavuUmugaboUmugore
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rayon Sports ‘Yitandukanyije’ Na Luvumbu
Next Article Rwanda: Inganda Zirindwi Zitunganya Amata Zigiye Kunganirwa N’Urundi Runini Kurushaho
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Yahitanywe N’Ikiraro Cyamuvunikiyeho Avuye Kunywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Abanywera Urumogi Muri Gereza Baburiwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?