Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rusesabagina ‘Ararara’ Muri Amerika
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Rusesabagina ‘Ararara’ Muri Amerika

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 March 2023 9:48 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Taarifa ifite amakuru avuga ko Paul Rusesabagina umaze iminsi mike muri Qatar ari burare ageze muri Leta zunze ubumwe z’Amerika.

Biteganyijwe ko nagera yo azaha itangazamakuru ikiganiro ari kumwe n’abo mu muryango we.

Hagati aho amakuru avuga ko nagera iwe, abo mu muryango we bazabanza bakareba neza niba ubuzima bwe bwo mu mutwe buhagaze neza mbere y’uko ahura n’itangazamakuru bakagirana ikiganiro.

Uyu mugabo aherutse gufungurwa n’u Rwanda binyuze ku mbabazi yahawe na Perezida Paul Kagame.

Yari yarakatiwe igifungo cy’imyaka myinshi nyuma yo guhamwa n’ibyaha birimo iby’iterabwoba byahitanye Abanyarwanda.

Rusesabagina yaje kwandika ibaruwa asaba Umukuru w’igihugu imbabazi kubera impamvu zitandukanye zirimo n’uburwayi.

Yarekuwe ku wa Gatanu taliki 24, Werurwe, 2023 arekuranwa n’abandi bantu 19 barimo na Sankara.

Mu gihe Rusesabagina ari burare muri Amerika aho umuryango we utuye, Callixte Nsabimana bita Sankara na bagenzi be 18 baraye i Mutobo muri Musanze aho bagiye kugororwa bakavanwamo ibitekerezo bya kinyeshyamba byatumye bafungwa.

TAGGED:AmerikafeaturedQatarRusesabaginaRwandaUbuzima
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Twitter Iri Mu Marembera
Next Article Nyagatare: ‘Yishe’ Umugore We Nyuma Yandika Irage Ry’Abana
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?