Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rusizi: Urubyiruko Rwabukereye Ngo Rwumve ‘Daddy’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaPolitiki

Rusizi: Urubyiruko Rwabukereye Ngo Rwumve ‘Daddy’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 June 2024 10:25 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Karere ka Rusizi aho Paul Kagame agiye kwiyamamariza umudiho ni wose mu nzira ziva hirya no hino muri uyu mujyi. Urubyiruko rwahuruye ngo rwumve uwo ritwa Daddy.

Daddy ni ijambo rivuga Data.

Si urubyiruko gusa kuko n’abasheshe akanguhe nabo basindagiye ngo bumve imihigo n’imigambi umukandida wa FPR-Inkotanyi abafitiye nibaramuka bongeye kumutora.

Rusizi iri mu cyahoze kitwa Cyangugu. Abatuye muri iki gihe kuva kera bavuga ko hari ahantu hari mu bwigunge kubera ko ari hakurya y’ishyamba rya Nyungwe.

Hari na bamwe bavugaga abatuye muri kiriya gice atari Abanyarwanda nk’abandi.

Nyuma y’imyaka 30 u Rwanda rubohowe, muri iki gihe Rusizi iri mu mijyi ifite iterambere rigaragara rishingiye cyane cyane ku bucuruzi.

Ni Akarere gatuwe n’abaturage bazi gucuruza no guhihibikanira imibereho mu buryo butandukanye.

Bavuga ko bashimira FPR-Inkotanyi ko politiki zayo zatumye bava mu bwigunge binyuze mu gukora imihanda ibahuza n’ibindi bice by’u Rwanda banyuze mu ishyamba rya Nyungwe no mu Karere ka Karongi.

Kagame ariyamamariza mu Kagari ka Cyangugu, Umurenge wa Kamembe mu Karere ka Rusizi kuri Stade ya Rusizi.

Ufite inyota bamuha amazi ngo amanure akavumbi
Aba papa bakuru bakenyeye
Abakobwa bato baje kureba uwo bita Daddy
Bati: Tujyanemo
Imihanda bayuzuye baje kumva uko Kagame yiyamamaza
Kare kare bari bahasesekaye
TAGGED:featuredInkotanyiKagameRusizi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Bazanye Ikoranabuhanga Rifasha Abanyeshuri Kubona Ibikoresho By’Isuku
Next Article Kagame Yageze Muri Rusizi Kwiyamamaza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Perezida Trump Arashaka Manda Ya Gatatu Uko Byagenda Kose

Abasirikare N’Abapolisi B’u Rwanda Bari Muri UN 

Guverinoma Ya DRC Irashaka Kwisubiza Uvira Mu Buryo Bwuzuye

Hari Kwigwa Uko Amakipe Yajya Akinira Mu Amahoro Stadium ‘Ku Giciro Kimwe’

Putin Yasabwe Kujya Mu Nama Y’Amahoro Yashyizweho Na Trump

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: 80.7% By’Abana Bari Munsi Y’Imyaka Itandatu Bahabwa Serivise Mu Irerero

Kuki Hari Imyanzuro u Rwanda Rwemera K’Uburenganzira Bwa Muntu Ntishyirwe Mu Bikorwa Yose

Ese Intambara Ya Amerika N’Uburayi Irashoboka

Ibigo Bya Amerika Bicukura Petelori Birashaka Ko Muri Irani Zihindura Imirishyo

Hagiye Gukorwa Filimi Yerekana Ibyabereye Mu Bisesero

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

FERWAFA Yamaganye Abafana Ba APR FC 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Abasenateri Barashaka Kumenya Uko Ubworozi Bw’u Rwanda Bubungabunzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Gari Ya Moshi Zagonganye Hapfa Abantu 21

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Yajyanywe Kuri RIB Nyuma Yo Gushaka Kwiyahura Bikanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?