Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ruti Joël Yaririmbye Indirimbo Yandikiwe Na Buravan
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImyidagaduroPolitiki

Ruti Joël Yaririmbye Indirimbo Yandikiwe Na Buravan

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 January 2023 9:17 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ruti Joël yaraye atangarije abatabiriye  igitaramo “Rurasugiye” cyateguwe n’itorero Ibihame by’Imana ko hari indirimbo yandikiwe na Yvan Buravan uherutse gutabaruka.

Zimwe muri zo yaziririmbiye abari bitabiriye kiriya gitaramo.

Uyu muhanzi aherutse kumurika umuzingo yise ‘Musomandera’.

Ni  umwe mu bahanzi bakora indirimbo nyarwanda kandi mu buryo bwa gakondo.

Imwe mu ndirimbo ze zikunzwe ni iyitwa ‘Cyane’.

Hari n’izindi ndirimbo ze zikunzwe nka ‘Rwagasabo’ ikaba indirimbo iri mu zikunzwe n’abakunda umuziki gakondo  w’Abanyarwanda.

Ubwo aheruka ku rubyiniro yabanje gusaba abakobwa bari aho guhaguruka akabaririmbira indirimbo yise ‘Cunda.’

Yagize ati: “ Nakuboneye akazina nkwita Cunda we, Cunda amata we.

Yahise akomereza ku ndirimbo irata ubwiza bw’umukobwa yandikiwe na Yvan Buravan.

Ruti avuga ko iriya ndirimbo we na Buravan  bayise ‘Nyambo’.

Yahise akomereza ku ndirimbo yise ’Amariza’, ayitura abakobwa ‘bazi’ ko ari beza.

Mu magambo y’abahanzi, Ruti yita Buravan izina rua Nkongi.

Yagize ati: “Nkongi yamfashije gukora umuzingo wanjye wa mbere, nagize amahirwe yo kumugira, yansigiye Imana, nanjye reka mbaririmbire indirimbo yansigiye, nyibaririmbire uko yayiririmbye.”

Uyu muhanzi yahise aririmba indirimbo Buravan yise ’Ni Yesu’  yasohotse kuri album ’Twaje’, imaze umwaka umwe.

Iyi ni yo ndirimbo uyu muhanzi wanyuze benshi muri iki gitaramo yarangirijeho igitaramo cye.

 

TAGGED:AbakobwafeaturedGakondoRutiUmuhanzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Bamporiki Arasomerwa Ku Bujurire Bwe
Next Article Uwari Uhagarariye Uganda Muri Kenya Yapfuye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?