Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rutsiro Yahawe Umuyobozi Wari Usanzwe Muri MINALOC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Rutsiro Yahawe Umuyobozi Wari Usanzwe Muri MINALOC

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 June 2023 7:24 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Prosper Mulindwa
SHARE

Ibiro Bya Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda byasohoye itangazo ry’uko Prosper Mulindwa yagizwe Umuyobozi w’Akarere ka Rutsiro nyuma y’uko Inama nyobozi y’aka Karere iseshwe.

Mulindwa yari asanzwe ashinzwe gutegura ibikorwa muri Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu.

Ni umuhanga mu icungamari, imari n’amabanki.

Yahuguwe kenshi kandi nawe agira uruhare mu guhugura abandi mu by’imiyoborere, kwita ku baturage, ikoranabuhanga n’imitekerereze ijora ikamenya gutandukanya ururo n’urwatsi.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Akarere ka Rutsiro kari gasanzwe kayoborwa na Madamu Triphose Murekatete.

Madamu Triphose Murekatete
Itangazo rishyira Mulindwa mu nshingano
TAGGED:AkarerefeaturedIntebeMinisiiteriMurindwaRutsiro
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubufaransa: Abaturage Bariye Karungu Kubera Umupolisi Wishe Umwana
Next Article Rubavu: Yahaye Abapolisi $140 Ngo Bamusubize Magendu Barayanga
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?