Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rwamagana: Guta Inshingano Byatumye Visi Meya Yeguzwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Rwamagana: Guta Inshingano Byatumye Visi Meya Yeguzwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 July 2023 6:36 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Itangazo ryasohowe na Njyanama y’Akarere ka Rwamagana rivuga ko yeguje Madame Nyirabihogo Jeanne d’Arc wari Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu. Hari amakuru avuga ko Nyirabihogo ari mu idosiye iregwamo umushoramari wasondetse inzu mu Mujyi wa Kigali witwa Dubai.

Amazina nyakuri ya Dubabi ni Jean Nsabimana.

Icyakora ngo yazize ko yari amaze amezi atatu atagaragara mu nshingano ze nk’umuyobozi.

Nyirabihogo avuzwe muri iyi dosiye nyuma y’uko mu mpera za Kamena, 2023 Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rurekuye bamwe mu bavugwa muri iriya dosiye mu buryo bw’agateganyo barimo Stephen Rwamurangwa wigeze kuyobora Akarere ka  Gasabo, Raymond Chrétien Mberabahizi wari ushinzwe ubukungu muri aka karere na Jeanne d’Arc Nyirabihogo wahoze ayobora ishami ry’ubutaka mu Karere (One Stop Center) ka Gasabo.

Perezida w’Inama Njyanama y’Akarere ka Gasabo,

Dr Lambert Rangira usanzwe ari Perezida wa Njyanama y’Akarere ka Rwamagana yasobanuriye itangazamakuru ko guhangarika Nyirabihogo Jeanne byatewe ahanini n’uko ko atabonekaga mu nshingano ze.

Ati: “Ku bijyanye n’inshingano twabonaga harimo icyuho Inama Njyanama ifata icyemezo cyo ku muhagarika mu buryo bw’agateganyo.”

Rangira avuga ko hari hashize amezi atatu ataboneka mu nshingano ze nk’umuyobozi

Ku wa 20 Mata 2023 nibwo Nyirabihogo na bariya bayobozi batawe muri yombi.

TAGGED:AkarerefeaturedInamaInshinganoMeyaNjyanamaNyirabihogoUbukungu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ngirente Avuga Icyo u Rwanda Rukora Mu Kurinda Ikibaya Cy’Uruzi Rwa Congo
Next Article ITURI: Abantu 40 Bishwe Mu Minsi Itatu, UN Iratabaza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?