Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rwamagana: Guta Inshingano Byatumye Visi Meya Yeguzwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Rwamagana: Guta Inshingano Byatumye Visi Meya Yeguzwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 July 2023 6:36 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Itangazo ryasohowe na Njyanama y’Akarere ka Rwamagana rivuga ko yeguje Madame Nyirabihogo Jeanne d’Arc wari Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu. Hari amakuru avuga ko Nyirabihogo ari mu idosiye iregwamo umushoramari wasondetse inzu mu Mujyi wa Kigali witwa Dubai.

Amazina nyakuri ya Dubabi ni Jean Nsabimana.

Icyakora ngo yazize ko yari amaze amezi atatu atagaragara mu nshingano ze nk’umuyobozi.

Nyirabihogo avuzwe muri iyi dosiye nyuma y’uko mu mpera za Kamena, 2023 Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rurekuye bamwe mu bavugwa muri iriya dosiye mu buryo bw’agateganyo barimo Stephen Rwamurangwa wigeze kuyobora Akarere ka  Gasabo, Raymond Chrétien Mberabahizi wari ushinzwe ubukungu muri aka karere na Jeanne d’Arc Nyirabihogo wahoze ayobora ishami ry’ubutaka mu Karere (One Stop Center) ka Gasabo.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Perezida w’Inama Njyanama y’Akarere ka Gasabo,

Dr Lambert Rangira usanzwe ari Perezida wa Njyanama y’Akarere ka Rwamagana yasobanuriye itangazamakuru ko guhangarika Nyirabihogo Jeanne byatewe ahanini n’uko ko atabonekaga mu nshingano ze.

Ati: “Ku bijyanye n’inshingano twabonaga harimo icyuho Inama Njyanama ifata icyemezo cyo ku muhagarika mu buryo bw’agateganyo.”

Rangira avuga ko hari hashize amezi atatu ataboneka mu nshingano ze nk’umuyobozi

Ku wa 20 Mata 2023 nibwo Nyirabihogo na bariya bayobozi batawe muri yombi.

- Advertisement -
TAGGED:AkarerefeaturedInamaInshinganoMeyaNjyanamaNyirabihogoUbukungu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ngirente Avuga Icyo u Rwanda Rukora Mu Kurinda Ikibaya Cy’Uruzi Rwa Congo
Next Article ITURI: Abantu 40 Bishwe Mu Minsi Itatu, UN Iratabaza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?