Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rwanda: Hatangijwe Ikoranabuhanga Ririnda Amakuru Ari Kuri Murandasi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Rwanda: Hatangijwe Ikoranabuhanga Ririnda Amakuru Ari Kuri Murandasi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 31 March 2023 4:53 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Mujyi wa Kigali hateraniye inama yahuje ibigo bya Leta n’iby’abigenga bifite aho bihuriye n’ikoranabuhanga yateguwe n’Ikigo gikwiza ikoranabuhanga RICTA yatangirijwemo ikoranabuhanga bise RINEX.

Rizafasha mu kurinda amakuru yose ari kuri murandai y’ibigo y’ibigo bizarikoresha.

Mu Cyongereza baryita Rwanda Internet Exchange Point (RINEX).

Muri uyu muhango abantu bari bamaze igihe bahugurwa ku mikorere n’imitunganyirize y’imiyoboro ya murandasi  bashimiwe uyo muhati.

Nsabimana Nyandwi Sosthène ushinzwe ikoranabuhanga mu bushinjacyaha bukuru bwa Repubulika avuga ko gahunda yise RINEX izabafasha mu guhererekanya amakuru mu buryo bw’ikoranabuhanga bitabaye ngombwa ko bakenera murandasi itanzwe n’abandi.

Avuga ko ikoranabuhanga rya RINEX ritaratangira gushyirwa mu bikorwa ariko ko mu gihe kiri imbere bazaba batangiye kurikoresha.

Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’ikoranabuhanga na Inovasiyo witwa Iradukuna Yves ashima ko RICTA yashyizeho buriya buryo kugira ngo amakuru ari mu gihugu abikwe kandi ahanahanwe.

Iradukuna Yves atangaza ko hari icyizere cy’uko ikoranabuhanga rya RINEX rizakomeza guteza imbere iyo mikorere n’imikoranire hagati y’ibigo bya Leta n’abandi bafatanyabikorwa bayo.

Muri abo bafatanyabikorwa harimo za Banki, ibigo by’ubwishingizi, abikorera ku giti cyabo n’ibindi bikora bikora cyangwa bibika amakuru.

Yves Iradukunda avuga ko iyo amakuru abitswe imbere mu gihugu, bigabanya ikiguzi cyo kuyakura mu mahanga bityo n’ubukungu bw’u Rwanda bukabyungukiramo.

Ikoranabuhanga rya RINEX kandi rizafasha Abanyarwanda gukomeza kubona amakuru n’ubwo ahandi ku isi, murandasi yaba yahuye n’ikibazo.

Ubuyobozi mu by’ikoranabuhanga buvuga ko kugeza ubu hari abantu cyangwa ibigo 18 ariko umubare wabyo uzongerwa mu gihe kiri imbere.

Umuyobozi wa RICTA witwa Grace Ingabire avuga ko iri guhugura abahanga mu ikoranabuhanga rya RINEX kugira ngo bazashobore kuyishyira mu bikorwa.

U Rwanda Rwisuzumye Rureba Aho Rugeze Ruha Buri Wese Murandasi

TAGGED:featuredIkigoIkoranabuhangaIngabireRICTARwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Airtel Na UNICEF Rwanda Bagiye Guha Ibigo 20 By’Amashuri Murandasi
Next Article Mu Rubanza Rw’Ubujurire Kuri Prince Kid Havugiwemo Akagambane ‘Yagiriwe’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

Kabila Arasomerwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Ebola Yagarutse Muri DRC

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byazamutse

You Might Also Like

IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Abageni Bwari Bucye Basezerana Bakubiswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Rulindo: Yafatanywe Ayo Kwishyura Abacukura Amabuye Mu Buryo Butemewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?