Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byagabanutse
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byagabanutse

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 October 2022 4:51 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

RURA yatangaje ko guhera ku Cyumweru Taliki 08, Ukwakira, 2022 litiro ya Lisansi izagura Frw 1,580 n’aha litiro ya Mazutu ikazagura 1,578.

Litiro ya Mazutu ku ipompo yaguraga Frw 1607 n’aho iya lisansi ikagura Frw 1609.

RURA ivuga ko  Leta y’u Rwanda yigomwe amafaranga iyongera ku kiguzi cya Mazutu kugira ngo irinde ko bikomeza kuremerera umuguzi.

Ngo ni kuri iyi nshuro Leta yigomwe imisoro kugira ngo mazutu utazamukaho Frw 51 kuri litiro ahubwo izamukeho Frw 20.

Itangazo rya RURA ryashyizweho umukono na Déo Muvunyi uyobora uru rwego by’agateganyo rivuga ko kiriya cyemezo cyafashwe mu rwego rwo gukumira ingaruka ziremereye z’ubwiyongere bw’ibikomoka kuri Petelori ku bindi bicuruzwa.

Kuba ibiciro bitameze neza ku isoko ahanini bishingiye ku bibazo biri mu isi y’ubu bijyanye n’intambara y’u Burusiya na Ukraine ndetse n’ibindi biterwa n’imihindagurikire y’ikirere.

ITANGAZO: Ibiciro bishya by'ibikomoka kuri peteroli bizatangira kubahirizwa tariki ya 08 Ukwakira 2022.#RwOT pic.twitter.com/HqUHPnQcQE

— Rwanda Utilities Regulatory Authority – RURA (@RURA_RWANDA) October 7, 2022

TAGGED:featuredIbiciroLisansiMazutuRURA
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Jacob Zuma Yafunguwe
Next Article Djibouti: Inyeshyamba Zagabye Igitero Mu Kigo Cya Gisirikare Zinyaga Intwaro
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

Sassou Nguesso Ari i Kinshasa Mu Bukwe Bw’Umukobwa Wa Tshisekedi

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaPolitiki

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Rwanda: Ntibiramenyekana Uko Amakipe Azahura Muri Shampiyona Ya 2025/2026

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ushaka Kuyobora FERWAFA Afitiye Abasifuzi Gahunda Yo Kubahemba

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?