Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rwanda: Inka Zirenga 100 Zimaze Kwibwa Mu Mezi Atatu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Rwanda: Inka Zirenga 100 Zimaze Kwibwa Mu Mezi Atatu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 December 2024 3:40 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Inka
SHARE

Polisi y’u Rwanda yerekanye abantu 16 yafatiye mu turere tunyuranye ibakurikiranyeho kwiba inka. Guhera muri Nzeri, 2024 kugeza ubwo twandikaga iyi nkuru, Polisi yavuze ko hibwe inka zirenga 100.

Abo bantu bibaga izo nka bakazibaga mu rwego rwo kizishinyagurira.

Uturere ubwo bujura bwakorewemo ni Gasabo, Nyarugenge, Rulindo, Gicumbi na Gakenke.

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda yavuze ko ubujura bw’inka ari ikibazo ku bari bazitunze bakazibwa kuko bibahombya amafaranga mu buryo bwinshi.

ACP Boniface Rutikanga yagize ati: “ Twagira ngo tubagezeho bamwe mu bantu nibura tuzi ko bagize uruhare muri ibi bikorwa bigayitse, bisubiza inyuma imibereho myiza y’Abanyarwanda”.

Avuga ko ubujura nk’ubu bubangamira gahunda z’igihugu zo guteza imbere abaturage.

Iyo umuntu yibwe itungo iryo ari ryo ryose, nk’uko Rutikanga abivuga, rimuhombya ifumbire n’amafaranga cyangwa ikindi cy’ingirakamaro yari burikuremo.

Umuvugizi wa Polisi avuga ko kuva muri Nzeri kugeza ubu hari inka 100 zibwe zirabagwa.

Ubujura, gukubita no gukomeretsa nibyo byaha biza imbere mu bikorerwa mu Rwanda kandi abenshi mu bakora ibyaha mu Rwanda ni urubyiruko.

Umushinjacyaha mukuru wa Repubulika Angélique Habyarimana aherutse kubwira itangazamakuru ko ibi bigira ingaruka ku gihugu kuko n’abafungwa bazira ibyo byaha nabo baba ari urubyiruko kandi ari narwo mbaraga z’igihugu.

TAGGED:AbaturagefeaturedInkaKwibaPolisiRutikanga
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ukraine Yigambye Kwicisha Jenerali Ukomeye Mu Burusiya
Next Article Ubudage Bugiye Guha u Rwanda Miliyari Frw 30
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Grammy Awards: Kendrik Lamar Yahize Abandi Baraperi Mu Bihembo Byinshi Abitse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Bigoranye Police FC Yakuye Ku Izima APR FC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Abantu Babiri Bananirwa Bate Kubana?-Kagame Abaza Abashakanye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?