Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rwanda: Inka Zirenga 100 Zimaze Kwibwa Mu Mezi Atatu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Rwanda: Inka Zirenga 100 Zimaze Kwibwa Mu Mezi Atatu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 December 2024 3:40 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Inka
SHARE

Polisi y’u Rwanda yerekanye abantu 16 yafatiye mu turere tunyuranye ibakurikiranyeho kwiba inka. Guhera muri Nzeri, 2024 kugeza ubwo twandikaga iyi nkuru, Polisi yavuze ko hibwe inka zirenga 100.

Abo bantu bibaga izo nka bakazibaga mu rwego rwo kizishinyagurira.

Uturere ubwo bujura bwakorewemo ni Gasabo, Nyarugenge, Rulindo, Gicumbi na Gakenke.

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda yavuze ko ubujura bw’inka ari ikibazo ku bari bazitunze bakazibwa kuko bibahombya amafaranga mu buryo bwinshi.

ACP Boniface Rutikanga yagize ati: “ Twagira ngo tubagezeho bamwe mu bantu nibura tuzi ko bagize uruhare muri ibi bikorwa bigayitse, bisubiza inyuma imibereho myiza y’Abanyarwanda”.

Avuga ko ubujura nk’ubu bubangamira gahunda z’igihugu zo guteza imbere abaturage.

Iyo umuntu yibwe itungo iryo ari ryo ryose, nk’uko Rutikanga abivuga, rimuhombya ifumbire n’amafaranga cyangwa ikindi cy’ingirakamaro yari burikuremo.

Umuvugizi wa Polisi avuga ko kuva muri Nzeri kugeza ubu hari inka 100 zibwe zirabagwa.

Ubujura, gukubita no gukomeretsa nibyo byaha biza imbere mu bikorerwa mu Rwanda kandi abenshi mu bakora ibyaha mu Rwanda ni urubyiruko.

Umushinjacyaha mukuru wa Repubulika Angélique Habyarimana aherutse kubwira itangazamakuru ko ibi bigira ingaruka ku gihugu kuko n’abafungwa bazira ibyo byaha nabo baba ari urubyiruko kandi ari narwo mbaraga z’igihugu.

TAGGED:AbaturagefeaturedInkaKwibaPolisiRutikanga
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ukraine Yigambye Kwicisha Jenerali Ukomeye Mu Burusiya
Next Article Ubudage Bugiye Guha u Rwanda Miliyari Frw 30
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ikigo ICPAR Kishimira Aho Kigeze Giteza Imbere Umwuga W’Ibaruramari

Kagame Yaganiriye N’Uyobora Banki Nyafurika Y’Iterambere Bibanda Ku Mikoranire

Kuki Hari Imyanzuro u Rwanda Rwemera K’Uburenganzira Bwa Muntu Ntishyirwe Mu Bikorwa Yose

Ese Intambara Ya Amerika N’Uburayi Irashoboka

Hatangijwe Ubufatanye Mu Kuzamura Ubwinshi N’Ubwiza Bw’Imbuto 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Irani: Imyigaragambyo Ikomeje Kuzengereza Leta

Nyamasheke: Yakubise Gitifu Amuziza Kumwimisha Inkunga Y’Ibiribwa

Ese Robo Zitwara Imodoka Mu Buryo Butekanye Kurusha Abantu?

Niki Cyateye Igiciro Cy’Ikawa Y’u Rwanda Kuzamuka?

U Rwanda Rusanga Imvugo Za Ndayishimiye Zibangamira Umubano Warwo N’Uburundi

You Might Also Like

Mu Rwanda

Abatanga Ubutabera Bajye Basura Amahanga Barebe Uko Bigenda-Sosiyete Sivile

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Uko RDF Yakiriwe Muri Jamaica

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

U Rwanda Rwishimira Intambwe Yatewe Mu Kurwanya Igwingira Mu Bana Bato

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Bafatanywe Amadolari Y’Amakorano

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?