Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rwanda: Mu gukora Siporo muri Gym abantu bazajya bahana intera ya metero 2
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImikinoMu Rwanda

Rwanda: Mu gukora Siporo muri Gym abantu bazajya bahana intera ya metero 2

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 December 2020 7:31 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma y’uko Inama y’Abaminisitiri itangarije ko Abanyarwanda bemerewe gukorera imyitozo ngororamubiri mu byumba byabugenewe bita Gym, Minisiteri ya Siporo yasohoye amabwiriza agomba kuzakurikizwa.

Ibwiriza ridasanzwe ni irivuga ko hagati y’umuntu umwe n’undi hagomba kuzaba harimo intera ya metero ebyeri.

Byari bimenyerewe ko mu rwego rwo kwirinda kwanduzanya COVID-19 abantu basabwaga guhana intera ya metero imwe.

Mu yandi mabwiriza harimo asaba abantu bose bagiye gukorera imyotozo muri biriya byumba kujya bitwaza umuti usukura intoki, buri wese akitwaza ibikoresho bye birimo udusambi bagororeraho imbavu n’ibindi.

Abakora imyitozo ari itsinda bakirinda kurenga 50%.

Soma amabwiriza yose:

  Taarifa

TAGGED:featuredGymRwandaSiporo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nigeria: Abakuru b’Imiryango mu Majyaruguru barashaka ko Buhari yegura
Next Article Kigali: WASAC yatangije uburyo bwo gushyira abaturage amazi aho batuye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

Abanywera Urumogi Muri Gereza Baburiwe

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUmutekano

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rubavu: Minisitiri W’Intebe Yasuye Inganda Zikora Ku Kiyaga Cya Kivu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbuzima

Ebola Yagarutse Muri DRC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?