Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rwanda Rwikomye Ndayishimiye Ushaka Kuzana Amacakubiri Mu Banyarwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Rwanda Rwikomye Ndayishimiye Ushaka Kuzana Amacakubiri Mu Banyarwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 January 2024 7:16 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Guverinoma y’u Rwanda yatangarije amahanga ko yamaganye kandi isaba n’amahanga kubigenza gutyo, ikamagana amagambo ivuga ko[Guverinoma] ahembera amacakubiri mu Banyarwanda akaba  aherutse kuvugwa na Perezida w’Uburundi Evariste Ndayishimiye.

Ni amagambo u Rwanda rwafashe nk’amagambo ayobya kandi ashobora kuzana amacakubiri mu baturage barwo.

Itangazo ry’Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda rivuga ko bidakwiye ko Umuyobozi nka Ndayishimiye wari wagiye kuganiriza urubyiruko mu rwego rwo kurufasha kumva no guharanira akamaro k’amahoro, ari we uhindukira akavuga amagambo ahubwo ayabangamiye mu Karere Uburundi n’u Rwanda biherereyemo.

Guverinoma y’u Rwanda ivuga ko yakoze ubuhwema iharanira ko Abanyarwanda bose bunga ubumwe bagasenyera umugozi umwe kugira ngo bateze igihugu cyabo imbere.

Yungamo ko iyo mikorere ariyo yatumye u Rwanda rutera imbere n’urubyiruko rwarwo biba uko.

Uru rubyiruko ubu rurakora kugira ngo ibyo rwiyemeje rubigereho.

Itangazo rya Guverinoma y’u Rwanda rivuga ko umuntu wese uzabwira urwo rubyiruko ngo niruhindukire ruhirike iyo Guverinoma azaba avunikira ubusa kandi ibyo azaba akora bitazamuhira.

Yungamo kandi ko kuba Perezida Evariste Ndayishimiye yaravuze biriya kandi ari umuyobozi w’igihugu gituranye n’u Rwanda ari ikintu kidakwiye kandi gihabanye n’amahame asanzwe agenga Umuryango w’Afurika yunze ubumwe.

Guverinoma y’u Rwanda ivuga ko nta nyungu ibona mu ntambara n’igihugu cy’abaturanyi.

RWANDA DEPLORES INFLAMMATORY STATEMENTS BY BURUNDIAN PRESIDENT NDAYISHIMIYE.
Link: https://t.co/Z9eCg0ig5q pic.twitter.com/ePOzecW6An

— Rwanda Government Communications (@RwandaOGS) January 22, 2024

Ivuga ko izakomeza gukorana n’abafatanyabikorwa bayo mu guharanira ko Akarere u Rwanda ruherereyemo gatuza kandi u Rwanda rwo ngo ruzakomeza iterambere ryarwo.

Ndayishimiye Yiyemeje Gufatanya Na Tshisekedi Mu Kurwanya u Rwanda

TAGGED:featuredGuverinomaItangazoNdayishimiyeRwandaUrubyiruko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gisagara:Arashakishwa Nyuma Y’Uko Yishe Umugore We
Next Article Kale Kayihura Ati: “ Kubera Iki Musanze Iruta Kisoro”
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?