Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rwanda:Toni 60 Z’Ibiribwa Zagejejwe Ku Bangirijwe N’Ibiza
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Rwanda:Toni 60 Z’Ibiribwa Zagejejwe Ku Bangirijwe N’Ibiza

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 May 2023 2:55 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ibiribwa, ibyo kuryamira, amavuta n’ibindi bikoresho by’ibanze byamaze guhabwa imiryango yaburiye ababo mu biza byibasiye ibice by’u Rwanda byiganjemo Uburengerazuba, Amajyaruguru n’Amajyepfo by’u Rwanda.

Ibyo biza byatumye imiryango ibarirwa mu bihumbi isigara idafite aho irambika umusaya kandi hari n’abantu 130 byambuye ubuzima.

Nyuma y’uko Perezida Kagame afashe mu mugongo ababuze aburiye ababo muri ibyo biza, inkunga igenewe ababirokotse yatangiye kubageraho.

Bahawe matelas nshya kuko izabo zatwawe n’imivu
Bahawe ibikoresho byo kongera kubaka ubuzima

Guverinoma y’u Rwanda yarangije gutanga toni 60 z’ibiribwa ( ni ukuvuga akawunga n’ibishyimbo) n’ibindi bikoresho birimo ibyo mu gikoni n n’ibiryamirwa.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Mu masaha yashize, Minisitiri w’Intebe Dr.Edouard Ngirente yifatanyije mu gikorwa cyo gushyingura imibiri ya bamwe mu bahitanywe na biriya biza.

TAGGED:AbaturagefeaturedIbiribwaIbiza
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Biden Aravugwa Mu Mugambi ‘Mubisha’
Next Article Amoko Ababiligi Bigishije Mu Rwanda Bari Baranayamamaje Iwabo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?