Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: SADC Yatangiye Gukura Ingabo Muri Mozambique
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

SADC Yatangiye Gukura Ingabo Muri Mozambique

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 April 2024 4:14 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abasirikare b’Umuryango w’ibihugu by’Afurika yo mu Majyepfo, SADC,  bari basanzwe bakorera muri Mozambique batangiye gutaha. Ku ikubitiro hatashye abo muri Botswana na Afurika y’Epfo.

Ku rundi ruhande, amakuru avuga ko u Rwanda ruri gutegura izindi ngabo zizajya muri Mozambique gukomeza urugamba rwo guhashya abarwanyi bari barabujije abatuye Cabo Delgado amahwemo.

Impamvu itangwa ko yatumye SADC ikura abasirikare bayo muri Mozambique ni iy’amikoro.

Bamwe bemeza ko byatewe ahanini n’ibibazo by’amikoro adahagije kugira ngo ishobore kwita ku ngabo ziri muri Mozambique ibifatanyije no kwita ku zindi iherutse kohereza muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, DRC.

Abasirikare ba SADC bagiye muri DRC gugasha ubutegetsi bw’iki gihugu guhangana na M23, uyu ukaba ari umutwe w’abaturage ba DRC bavuga ko babujijwe uburenganzira bwabo n’ubutegetsi bw’iki gihugu.

TAGGED:AbasirikareCongoDRCfeaturedSADC
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uganda: Bakatiwe Kubera Gushaka Guhitana Gen Kale Kayihura
Next Article Intambara Ya Iran Na Israel YATANGIYE
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kirehe: Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Inshuti Ya Trump Yishwe 

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Israel Yoherereje Abatuye Gaza Inyandiko Zibasaba Guhunga Inzira Zikigendwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Ebola Yagarutse Muri DRC

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byazamutse

You Might Also Like

Mu RwandaUbuzima

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?