Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: SADC Yatangiye Gukura Ingabo Muri Mozambique
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

SADC Yatangiye Gukura Ingabo Muri Mozambique

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 April 2024 4:14 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abasirikare b’Umuryango w’ibihugu by’Afurika yo mu Majyepfo, SADC,  bari basanzwe bakorera muri Mozambique batangiye gutaha. Ku ikubitiro hatashye abo muri Botswana na Afurika y’Epfo.

Ku rundi ruhande, amakuru avuga ko u Rwanda ruri gutegura izindi ngabo zizajya muri Mozambique gukomeza urugamba rwo guhashya abarwanyi bari barabujije abatuye Cabo Delgado amahwemo.

Impamvu itangwa ko yatumye SADC ikura abasirikare bayo muri Mozambique ni iy’amikoro.

Bamwe bemeza ko byatewe ahanini n’ibibazo by’amikoro adahagije kugira ngo ishobore kwita ku ngabo ziri muri Mozambique ibifatanyije no kwita ku zindi iherutse kohereza muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, DRC.

Abasirikare ba SADC bagiye muri DRC gugasha ubutegetsi bw’iki gihugu guhangana na M23, uyu ukaba ari umutwe w’abaturage ba DRC bavuga ko babujijwe uburenganzira bwabo n’ubutegetsi bw’iki gihugu.

TAGGED:AbasirikareCongoDRCfeaturedSADC
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uganda: Bakatiwe Kubera Gushaka Guhitana Gen Kale Kayihura
Next Article Intambara Ya Iran Na Israel YATANGIYE
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?